Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rugiye Gukora ‘Ibarura Rusange Ry’Abaturage n’Imiturire’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

U Rwanda Rugiye Gukora ‘Ibarura Rusange Ry’Abaturage n’Imiturire’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 May 2021 12:49 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru Taarifa ifite yemeza ko muri Kanama, 2021mu Rwanda hazaba ibarura rito ribanziriza ibarura nyirizina ry’abatuye u Rwanda riteganyijwe muri Kanama, 2022.

Ibarura ry’abaturage riheruka ryerekanye ko Abanyarwanda ari 12, 955, 736

Kugeza ubu muri rusange Umunyarwanda aramba imyaka 67.8.

Kuba hagiye kuba ibarura rishya ry’abatuye u Rwanda bishingiye ku ngingo nyinshi harimo n’uko hari Abanyarwanda benshi bagiye bimurwa ahantu bakajya gutuzwa ahandi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ubusanzwe ibarura rusange ry’abaturage riba rimwe mu myaka 10.

Iri barura rusange ry’abaturage n’imiturire riheruka kuba muri Kanama, 2021. Icyo gihe ryari irya kane.

Ibarura ryo muri uriya mwaka ryavugaga ko abatuye mu Rwanda ubwo ryakorwaga 52% bari abagore naho 48% ari abagabo.

Muri bo 48,5% ni abagabo ( 5,864,284), 51,5% ni abagore ni ukuvuga abantu 6,225,436 mu gihe 38,7% ( 4,680,757) ari abari munsi y’imyaka 14.

Imibare yo muri kiriya gihe yerekanaga ko umubare w’abatuye u Rwanda wikubye inshuro zirenze ebyiri kuva mu mwaka w’1978, ubwo habaga ibarura rusange rya mbere, na 2012 ubwo ibarurarusange riheruka.

- Advertisement -

Iyo mibare ahanini yazamuwe n’umuvuduko mu bwiyongere bw’abaturage.

Ubwiyongere bwari 2.6% hagati y’umwaka wa 2002 na 2012 bukaba bwari 3.1% hagati y’umwaka wa 1978 na 1991.

Mu Rwanda ubwiyongere bwaragabanutse kugera kuri 1.2%.

Bwagabanutse cyane  hagati y’umwaka wa 1991 na 2002 bwatewe ahanini na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

Muri  2016 ubucucike bw’abaturage kuri kilometero kare bwari abaturage 434, ubu bukaba ari ubucucike buri hejuru ugereranyaje n’ubuso bw’u Rwanda.

TAGGED:AbagaboAbagoreAbaturagefeaturedIbaruraIkigoUmubare
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ndayishimiye Ararara Muri Uganda
Next Article Umwamikazi W’U Bwongereza Yongeye Gukora Imirimo Ya Cyami Nk’Uko Byahoze
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?