Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rugiye Gukora ‘Ibarura Rusange Ry’Abaturage n’Imiturire’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

U Rwanda Rugiye Gukora ‘Ibarura Rusange Ry’Abaturage n’Imiturire’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 May 2021 12:49 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru Taarifa ifite yemeza ko muri Kanama, 2021mu Rwanda hazaba ibarura rito ribanziriza ibarura nyirizina ry’abatuye u Rwanda riteganyijwe muri Kanama, 2022.

Ibarura ry’abaturage riheruka ryerekanye ko Abanyarwanda ari 12, 955, 736

Kugeza ubu muri rusange Umunyarwanda aramba imyaka 67.8.

Kuba hagiye kuba ibarura rishya ry’abatuye u Rwanda bishingiye ku ngingo nyinshi harimo n’uko hari Abanyarwanda benshi bagiye bimurwa ahantu bakajya gutuzwa ahandi.

Ubusanzwe ibarura rusange ry’abaturage riba rimwe mu myaka 10.

Iri barura rusange ry’abaturage n’imiturire riheruka kuba muri Kanama, 2021. Icyo gihe ryari irya kane.

Ibarura ryo muri uriya mwaka ryavugaga ko abatuye mu Rwanda ubwo ryakorwaga 52% bari abagore naho 48% ari abagabo.

Muri bo 48,5% ni abagabo ( 5,864,284), 51,5% ni abagore ni ukuvuga abantu 6,225,436 mu gihe 38,7% ( 4,680,757) ari abari munsi y’imyaka 14.

Imibare yo muri kiriya gihe yerekanaga ko umubare w’abatuye u Rwanda wikubye inshuro zirenze ebyiri kuva mu mwaka w’1978, ubwo habaga ibarura rusange rya mbere, na 2012 ubwo ibarurarusange riheruka.

Iyo mibare ahanini yazamuwe n’umuvuduko mu bwiyongere bw’abaturage.

Ubwiyongere bwari 2.6% hagati y’umwaka wa 2002 na 2012 bukaba bwari 3.1% hagati y’umwaka wa 1978 na 1991.

Mu Rwanda ubwiyongere bwaragabanutse kugera kuri 1.2%.

Bwagabanutse cyane  hagati y’umwaka wa 1991 na 2002 bwatewe ahanini na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

Muri  2016 ubucucike bw’abaturage kuri kilometero kare bwari abaturage 434, ubu bukaba ari ubucucike buri hejuru ugereranyaje n’ubuso bw’u Rwanda.

TAGGED:AbagaboAbagoreAbaturagefeaturedIbaruraIkigoUmubare
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ndayishimiye Ararara Muri Uganda
Next Article Umwamikazi W’U Bwongereza Yongeye Gukora Imirimo Ya Cyami Nk’Uko Byahoze
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Uyobora Ikigo Mpuzamahanga Cy’Abagiraneza

Tchad: Hadutse Intambara

Dr. Mugemana Wavuraga Rayon Sports Yapfuye

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

DJ Toxxyk Hari Ibyo Yemeye Mu Rukiko Ibindi Arabihakana

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Irani: Imyigaragambyo Ikomeje Kuzengereza Leta

Nyamasheke: Yakubise Gitifu Amuziza Kumwimisha Inkunga Y’Ibiribwa

You Might Also Like

Ubukungu

Ibigo Bya Amerika Bicukura Petelori Birashaka Ko Muri Irani Zihindura Imirishyo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Rwanda: Abakozi Ba Leta Basabwe Kwiga Ikoranabuhanga Ry’Ubwenge Buhangano

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Hagiye Gukorwa Filimi Yerekana Ibyabereye Mu Bisesero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Kwamamaza Mushikiwabo, Uburundi, DRC… Uko Nduhungirehe Asobanura Ibyo Mu Karere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?