Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rugiye Kongera Kuganira N’Ubwongereza Ku By’Abimukira
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rugiye Kongera Kuganira N’Ubwongereza Ku By’Abimukira

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 December 2023 2:54 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Abimukira bava mu Bufaransa bakinjira mu Bwongereza ari benshi
SHARE

Biteganyijwe ko kuri uyu wa Kabiri Umunyamabanga wa Leta y’Ubwongereza ushinzwe ibibera imbere mu gihugu witwa James Cleverly azaza mu Rwanda kuganira na bagenzi be bayobora u Rwanda uko hasinywa amasezerano mashya ku byerekeye imikoranire mu gukemura ikibazo cy’abimukira.

BBC yanditse ko imwe mu ngingo zishobora kuzahanirwaho ari iy’uko hari ubwo abacamanza b’Abongereza bazajya baba bari mu nkiko z’u Rwanda kugira ngo barebe niba uburenganzira bwa muntu bwubahirizwa.

James Cleverly

Inkiko z’Ubwongereza zimaze igihe zitambika ibyo kuzana abimukira mu Rwanda kuko ngo bitizewe ko uburenganzira bwabo buzubahirizwa.

Urukiko rw’Ikirenga rw’Ubwongereza ruherutse kuvuga ko kohereza abimukira mu Rwanda bidakurikije amategeko.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Cleverly nagera mu Rwanda azaganira na bagenzi be uko hakorwa andi masezerano ku buryo nta rukiko ruzongera kwitambika ibyo kubazana mu Rwanda.

Ibyo kohereza abimukira mu Rwanda byatangiye muri Mata, 2022.

TAGGED:AbimukiraCleverlyfeaturedInkikoRwandaUbutaberaUbwongereza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Israel Iri Kugenzura Gaza Yose
Next Article Umubano W’u Rwanda Na Denmark Ugiye Kongerwamo Ikibatsi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?