Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rugiye Kongera Kuganira N’Ubwongereza Ku By’Abimukira
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rugiye Kongera Kuganira N’Ubwongereza Ku By’Abimukira

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 December 2023 2:54 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Abimukira bava mu Bufaransa bakinjira mu Bwongereza ari benshi
SHARE

Biteganyijwe ko kuri uyu wa Kabiri Umunyamabanga wa Leta y’Ubwongereza ushinzwe ibibera imbere mu gihugu witwa James Cleverly azaza mu Rwanda kuganira na bagenzi be bayobora u Rwanda uko hasinywa amasezerano mashya ku byerekeye imikoranire mu gukemura ikibazo cy’abimukira.

BBC yanditse ko imwe mu ngingo zishobora kuzahanirwaho ari iy’uko hari ubwo abacamanza b’Abongereza bazajya baba bari mu nkiko z’u Rwanda kugira ngo barebe niba uburenganzira bwa muntu bwubahirizwa.

James Cleverly

Inkiko z’Ubwongereza zimaze igihe zitambika ibyo kuzana abimukira mu Rwanda kuko ngo bitizewe ko uburenganzira bwabo buzubahirizwa.

Urukiko rw’Ikirenga rw’Ubwongereza ruherutse kuvuga ko kohereza abimukira mu Rwanda bidakurikije amategeko.

Cleverly nagera mu Rwanda azaganira na bagenzi be uko hakorwa andi masezerano ku buryo nta rukiko ruzongera kwitambika ibyo kubazana mu Rwanda.

Ibyo kohereza abimukira mu Rwanda byatangiye muri Mata, 2022.

TAGGED:AbimukiraCleverlyfeaturedInkikoRwandaUbutaberaUbwongereza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Israel Iri Kugenzura Gaza Yose
Next Article Umubano W’u Rwanda Na Denmark Ugiye Kongerwamo Ikibatsi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?