Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rugiye Kwitabira Irushanwa Ryo Kujya Mu Gikombe Cy’Isi Cya Cricket
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

U Rwanda Rugiye Kwitabira Irushanwa Ryo Kujya Mu Gikombe Cy’Isi Cya Cricket

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 November 2022 10:23 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Guhera taliki 17-29 Ugushyingo, 2022 u Rwanda ruzakira imikino mpuzamahanga yo gushaka itike yo kuzajya mu gikombe cy’Isi umwaka utaha ICC World Cup T20 Men’s Africa qualifiers.

Rizitabirwa n’ibihugu umunani ari byo: Kenya, Saint Helena, Seychelles, Malawi, Lesotho, Mali n’u Rwanda.

Hagati aho, ikipe y’u Rwanda ivuga ko ifite icyizere ko izitwara neza muri iyo mikino, ikayitsinda.

Kapiteni w’iyi kipe witwa Clinton Rubagumya avuga ikipe ayoboye nitaba iya mbere, izaba iya kabiri.

Ati “Intego dufite ni ukujya mu gikombe cy’Isi. Iyo ubikora wiha urugendo. Urugendo rwacu rwatangiye mu 2018, icyo gihe twabaye aba nyuma. Umwaka ushize tuba aba kane. Ubu amakipe  abiri ashobora kuzamuka. Turumva turi muri ayo abiri.”

Avuga ko kugira ngo bagere ku ntego za bo, bipimiye ku makipe y’ibihugu bibarusha abakinnyi bazi uwo mukino.

Ati: “Twatangiye kugenda dukina n’amakipe aturusha. Ni ko twagiye twitegura. Iyo ukinnye n’umuhanga igihe kirekire, hari ikintu ukuraho. Numva tugeze ahantu turi mu makipe abiri azajya mu gikombe cy’Isi.”

Umutoza w’iyi kipe witwa Martin Suji nawe niko abibona.

Avuga ko bazahangana kuva ku mukino ufungura kugeza ku wa nyuma.

Uretse kuba uruhande rw’u Rwanda ruvuga ko ruzaza mu makipe abiri ya mbere, ibindi bihugu nabyo ngo ntibizarera amaboko nk’aho byaje gutembera u Rwanda!

Ibihugu bivugwaho kugira amakipe akomeye ashobora kuzahangamura u Rwanda nirutabyitwaramo neza ni Botswana na Kenya.

TAGGED:BotswanaCricketIgikombeIrushanwaKenyaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ngoma: Yafatanywe Miliyoni Frw 1 Bikekwa Ko Yibye Shebuja W’i Gasabo
Next Article Rwamagana: Umwana Yaciwe Umutwe, Uwabikoze Arawujyana
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Ibanga Kepler Yakoresheje Ngo Ihagarare Neza Muri Basket Y’Abagore

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Kwitabira Gufata Irangamimerere Byitabirwe Na Buri Wese- MINALOC 

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?