Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 May 2025 10:01 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Iyi Ambasade iri mu Murwa mukuru, Budapest,.
SHARE

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Olivier Nduhungirehe yageze Budapest muri Hongrie aho biteganyijwe ko kuri uyu wa Mbere ari butahe ku mugaragaro Ambasade y’u Rwanda muri iki gihugu.

Olivier Nduhungirehe ari kumwe na Minisitiri Mukazayire Nelly kandi nyuma yo gutaha iyi nyubako hazatangwa ikiganiro kigenewe abanyamakuru ku mubano hagati ya Budapest na Kigali.

Uruhande rwa Hongrie rurahagararirwa n’umwe mu bagize Guverinoma y’iki gihugu kiri mu Burasirazuba bw’Uburayi.

Iki gihugu ntigikora ku nyanja. Mu Majyaruguru hari Slovakia, Mu Majyaruguru ashyira Uburasirazuba hakaba Ukraine, Romania ikaba mu Burasirazuba n’Amajyepfo yabwo, Serbia ikaba mu Majyepfo,  Croatia na Slovenia bikaba mu Majyepfo ashyira Uburengerazuba.

Hongrie.

Mu Burengerazuba haba Autriche.

Hongrie ifite uruzi ruyitunze rwitwa Danube, ikaba ituwe n’abantu Miliyoni 9.6, Umurwa mukuru wayo ukaba Budapest.

Ni igihugu gikize kuko 63.2% by’abaturage bayo bakora mu rwego rwa serivisi, 29.7% ikaba umusanzu w’inganda, ubuhinzi bugatanga 7.1%.

TAGGED:AmahangaBudapestfeaturedHongrieNduhungireheRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi
Next Article Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbuzima

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?