Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda ‘Rushobora’ Kuzakira Shampiyona Y’Isi Y’Imikino Njyarugamba, UFC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

U Rwanda ‘Rushobora’ Kuzakira Shampiyona Y’Isi Y’Imikino Njyarugamba, UFC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 December 2023 11:34 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

U Rwanda, Afurika y’Epfo na Nigeria nibyo b’ibihugu by’Afurika biri guhatanira gutoranywamo kimwe cyazakira imikino mpuzamahanga njyarugamba igize icyo muri Amerika bita Ultimate Fighting Championship, UFC.

Perezida wa UFC, Dana White aherutse kubibwira itangazamakuru mu kiganiro yatanze taliki 17,  Ukuboza 2023.

Dana White yavuze ko hari impamvu nyinshi zo kuba hategurirwa amarushanwa muri Afurika kuko hakenewe abakinnyi benshi ndetse hari n’ibihugu batangiye kuvugana ngo bizakire iriya mikino.

Ati “Hari abakinnyi benshi bakomoka hariya[muri Afurika] kandi bakomeye. Mu ntego mfite harimo kubaka igicumbi cy’iyi mikino hariya nk’uko twabikoze muri Mexique no mu Bushinwa. Twavuganye na Nigeria, u Rwanda na Afurika y’Epfo.”

Dana White

Mu ntangiriro z’uyu mwaka, UFC yari yateguye ko imikino y’iyo shampiyona izabera muri Nigeria ariko biza kugaragara ko iki gihugu kidafite ibikorwaremezo bihagije byo kuyakira.

Kubera ko u Rwanda rufite BK Arena, biruha amahirwe yo kuba rwatoranywa ngo rwakire imikino iyo ari yo yose itari iy’umukino w’amaguru.

Dana avuga ko BK Arena yerekanye ko yashobora kwakira imikino ya UFC, ibyerekana ubwo yakiraga amarushanwa ya, BAL (Basketball Africa League).

TAGGED:ArenaBKfeaturedImikinoNjyarugambaRwandaShampiyona
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanyamuryango Ba AERG Bishima Intambwe Bagezeho Mu Myaka 27 Ishize
Next Article Uburundi Bwafunze Abasirikare 500 Banze Kurwanya M23
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu mahangaUbuzima

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?