U Rwanda Rwafashe Uganda Mu Mugongo Kubera Urupfu Rwa Perezida Wayo W’Inteko

Staff Write
0 Min Read

Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rifata mu mugongo abaturage ba Uganda baherutse kugira ibyago bagapfusha Jacob Oulanyah wari Perezida w’Inteko ishinga amategeko,

Oulanyah yatabarutse ku Cyumweru azize indwara.

Yaguye muri bimwe mu bitaro byo muri Amerika aho yari amaze igihe gito agiye kwivuza.

Yari Perezida wa 11 wa Uganda wasimbuye Rebecca Kadaga.

https://test.taarifa.rw/perezida-winteko-ishinga-amategeko-ya-uganda-yapfuye/

Share This Article
Leave a Comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *