Mu Rwanda
U Rwanda Rwafashe Uganda Mu Mugongo Kubera Urupfu Rwa Perezida Wayo W’Inteko

Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rifata mu mugongo abaturage ba Uganda baherutse kugira ibyago bagapfusha Jacob Oulanyah wari Perezida w’Inteko ishinga amategeko,
Oulanyah yatabarutse ku Cyumweru azize indwara.
UPDATE:
The government of Rwanda, through @RwandainUganda, has sent a condolence message to the people and government of Uganda following the passing of Jacob Oulanyah, Speaker of the @Parliament_Ug.
Oulanyah died on Sunday, 20 March 2022. #RBANews pic.twitter.com/yAkWS8LQoz— Rwanda Broadcasting Agency (RBA) (@rbarwanda) March 22, 2022
Yaguye muri bimwe mu bitaro byo muri Amerika aho yari amaze igihe gito agiye kwivuza.
Yari Perezida wa 11 wa Uganda wasimbuye Rebecca Kadaga.