Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rwakiriye Izindi Nkingo Za Marburg
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbuzima

U Rwanda Rwakiriye Izindi Nkingo Za Marburg

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 October 2024 6:30 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikigo cy’igihugu gishinzwe kwita ku buzima, RBC, cyaraye gitangaje ko kuri uyu wa Mbere taliki 07, Ukwakira, hari izindi nkingo 700 zaraye zigeze mu Rwanda.

Ku Cyumweru Minisitiri w’ubuzima Dr. Nsanzimana Sabin yari yabwiye itangazamakuru ko hari izindi nkingo zingana na ziriya zari zarageze mu Rwanda mbere kugira ngo zihabwe abugarijwe na Marburg kurusha abandi.

Abo ni abaganga n’abandi bahura n’abarwayi kenshi.

Abantu umunani bamaze gukira Marburg mu gihe abarenga 56 bamaze kuyandura.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image
Uko byiriwe kuwa Mbere taliki 07 Ukwakira, 2024.

Minisitiri w’ubuzima Dr.Nsanzimana Sabin asaba abaturage kudakuka umutima kubera Marburg, akemeza ko u Rwanda ruzayihashya bidatinze.

Ikigo Sabin’ Vaccine Institute ni cyo gikora izo nkingo, kikaba icyo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika.

U Rwanda ruri no gukorana n’ibigo bitanga ibikoresho bikoreshwa mu gupima Marburg kugira ngo rubibone birufashe gupima abantu benshi mu gihe gito.

TAGGED:featuredNsanzimanaSabinUbuzimaUrukingo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rushimirwa Umusanzu Warwo Mu Kwimakaza Science
Next Article RURA Yatangaje Ibiciro Bishya By’Ibikomoka Kuri Petelori
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?