Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rwatsindiye Mozambique Muri Botswana
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

U Rwanda Rwatsindiye Mozambique Muri Botswana

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 September 2021 6:30 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuwa Kane tariki 09, Nzeri, 2021 ikipe y’u Rwanda y’umukino wa Cricket yakinnye n’iya Mozambique baharanira itike yo kuzitabira irushanwa ry’igikombe cy’isi kizabera muri Afurika y’Epfo mu mwaka wa 2023.

Uyu mukino wabereye muri Botswana.  Ku ikubitiro u Rwanda nirwo rwatsinze ibyitwa toss ni ukuvbuga guhitamo kubanza gukora ibyo bita kubolinga ni ukuvuga ‘kubanza gutera udupira ari nako babuza Mozambique gutsinda amanota menshi.

Ntibyasabye ikipe y’u Rwanda umwanya munini kuko muri Overs umunani gusa rwarirumaze gusohora abakinnyi bose ba Mozambique.

Muri Cricket icyo bita Over ni igihe umukinnyi ateye agapira akaganisha ku ruhande bahanganye bo ntibashobore kugakubita. Gusa amategeko ya cricket avuga ko overs zitandukana.

Igice cya mbere cyarangiye Mozambique imaze gutsinda amanota 16 gusa.

Igice cya 2 cyatangiye u Rwanda ari rwo rugiye kubatinga ni ukuvuga gukubita udupira unashyiraho amanota.

Rwasabwaga amanota 17 gusa.

Umunyarwandakazi niwe witwaye neza kurusha abandi

Gisèle Ishimwe na Sarah Uwamahoro nibo batangiye mu kibuga ku ruhande rw’u Rwanda, maze muri overs ebyiri gusa zingana n’udupira 12  bari bamaze gukuraho ikinyuranyo cyari cyashyizweho n’ikipe y’igihugu ya Mozambique.

Muri uyu mukino umukinnyi wabaye mwiza ni Muhawenimana Immaculée

TAGGED:CricketfeaturedIkipeMozambiqueRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Yahaye Abasirikare Batanu Ipeti Rya Colonel
Next Article Uko Byagenze Ngo Perezida Wa Guinée Ingabo Ze Zimufate Asinziriye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingwe: Inyamaswa Ibayeho Icunganwa N’Intare

Guinée: Bidasubirwaho Mamadi Doumbouya Yatsinze Amatora

Asanga Hakwiye Kujyaho Itorero ‘Ryihariye’ Ry’Abagabo

Menya Ahaza Kurasirwa Ibishashi Birangiza 2025

Muhanga: Umunyamategeko Yakatiwe Gufungwa Imyaka 15

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Jean-Pierre Bemba Arasabwa Kwegura

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

Kirehe: Abimuwe Kubera Urugomero Rwa Rusumo Bagiye Gutaha Inzu Nshya

Polisi Yafashe Abibaga Abatuye Ikirwa Cya Nkombo

Bunyoni Ararembye

You Might Also Like

Mu Rwanda

Rutaremara Agaya Ababyeyi Bahariye Abayaya Uburere Bw’Abana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abanyeshuri Barasubira Ku Ishuri Guhera Kuri Uyu Wa Gatandatu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Guinée: Doumbouya Yatsinze Amatora 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Beyoncé Yabaye Undi Muhanzi Ufite Miliyari $1

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?