Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rwatsindiye Mozambique Muri Botswana
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

U Rwanda Rwatsindiye Mozambique Muri Botswana

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 September 2021 6:30 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuwa Kane tariki 09, Nzeri, 2021 ikipe y’u Rwanda y’umukino wa Cricket yakinnye n’iya Mozambique baharanira itike yo kuzitabira irushanwa ry’igikombe cy’isi kizabera muri Afurika y’Epfo mu mwaka wa 2023.

Uyu mukino wabereye muri Botswana.  Ku ikubitiro u Rwanda nirwo rwatsinze ibyitwa toss ni ukuvbuga guhitamo kubanza gukora ibyo bita kubolinga ni ukuvuga ‘kubanza gutera udupira ari nako babuza Mozambique gutsinda amanota menshi.

Ntibyasabye ikipe y’u Rwanda umwanya munini kuko muri Overs umunani gusa rwarirumaze gusohora abakinnyi bose ba Mozambique.

Muri Cricket icyo bita Over ni igihe umukinnyi ateye agapira akaganisha ku ruhande bahanganye bo ntibashobore kugakubita. Gusa amategeko ya cricket avuga ko overs zitandukana.

Igice cya mbere cyarangiye Mozambique imaze gutsinda amanota 16 gusa.

Igice cya 2 cyatangiye u Rwanda ari rwo rugiye kubatinga ni ukuvuga gukubita udupira unashyiraho amanota.

Rwasabwaga amanota 17 gusa.

Umunyarwandakazi niwe witwaye neza kurusha abandi

Gisèle Ishimwe na Sarah Uwamahoro nibo batangiye mu kibuga ku ruhande rw’u Rwanda, maze muri overs ebyiri gusa zingana n’udupira 12  bari bamaze gukuraho ikinyuranyo cyari cyashyizweho n’ikipe y’igihugu ya Mozambique.

Muri uyu mukino umukinnyi wabaye mwiza ni Muhawenimana Immaculée

TAGGED:CricketfeaturedIkipeMozambiqueRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Yahaye Abasirikare Batanu Ipeti Rya Colonel
Next Article Uko Byagenze Ngo Perezida Wa Guinée Ingabo Ze Zimufate Asinziriye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Urugo Rwa Azarias Ruberwa Rwatewe

Abaturage 354,000 Bagiye Guhabwa Amazi Meza

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?