Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rwatsindiye Mozambique Muri Botswana
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

U Rwanda Rwatsindiye Mozambique Muri Botswana

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 September 2021 6:30 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuwa Kane tariki 09, Nzeri, 2021 ikipe y’u Rwanda y’umukino wa Cricket yakinnye n’iya Mozambique baharanira itike yo kuzitabira irushanwa ry’igikombe cy’isi kizabera muri Afurika y’Epfo mu mwaka wa 2023.

Uyu mukino wabereye muri Botswana.  Ku ikubitiro u Rwanda nirwo rwatsinze ibyitwa toss ni ukuvbuga guhitamo kubanza gukora ibyo bita kubolinga ni ukuvuga ‘kubanza gutera udupira ari nako babuza Mozambique gutsinda amanota menshi.

Ntibyasabye ikipe y’u Rwanda umwanya munini kuko muri Overs umunani gusa rwarirumaze gusohora abakinnyi bose ba Mozambique.

Muri Cricket icyo bita Over ni igihe umukinnyi ateye agapira akaganisha ku ruhande bahanganye bo ntibashobore kugakubita. Gusa amategeko ya cricket avuga ko overs zitandukana.

Igice cya mbere cyarangiye Mozambique imaze gutsinda amanota 16 gusa.

Igice cya 2 cyatangiye u Rwanda ari rwo rugiye kubatinga ni ukuvuga gukubita udupira unashyiraho amanota.

Rwasabwaga amanota 17 gusa.

Umunyarwandakazi niwe witwaye neza kurusha abandi

Gisèle Ishimwe na Sarah Uwamahoro nibo batangiye mu kibuga ku ruhande rw’u Rwanda, maze muri overs ebyiri gusa zingana n’udupira 12  bari bamaze gukuraho ikinyuranyo cyari cyashyizweho n’ikipe y’igihugu ya Mozambique.

Muri uyu mukino umukinnyi wabaye mwiza ni Muhawenimana Immaculée

TAGGED:CricketfeaturedIkipeMozambiqueRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Yahaye Abasirikare Batanu Ipeti Rya Colonel
Next Article Uko Byagenze Ngo Perezida Wa Guinée Ingabo Ze Zimufate Asinziriye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?