Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rwavuguruye Amasezerano Na Singapore
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwavuguruye Amasezerano Na Singapore

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 September 2024 1:52 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Kagame na Minisitiri w'Intebe wa Singapore bayoboye iri sinywa
SHARE

Perezida Kagame hamwe na Minisitiri w’Intebe wa Singapore bayoboye umuhango wasinyewemo amasezerano avuguruye arebana no kudasoreshanya kabiri ku bicuruzwa biva mu gihugu kimwe bijya mu kindi.

Ni amasezerano mu Cyongereza bita Double Taxation Avoidance Agreement.

Ambasaderi w’u Rwanda muri Singapore Jean de Dieu Uwihanganye niwe wasinye ku ruhande rw’u Rwanda.

Iyubahirizwa ryayo rizatuma buri gihugu cyungukira ku ishoramari rikorwa n’ikindi kandi bizagirira akamaro abaturage babyo.

Mu biganiro Kagame yagiranye na Minisitiri w’Intebe wa Singapore witwa Lawrence Wong bagarutse ku mubano usanzwe uhuza ibihugu bihagarariye, biyemeza kuzakomeza gukorana mu kurushaho kuwukomeza.

U Rwanda rusanzwe rukorana na Singapore mu nzego z’imiyoborere myiza, ubuzima no guteza imbere imibereho myiza y’abaturage muri rusange.

Kagame ari mu ruzinduko rw’akazi muri Singapore akaba yaraye atanze ikiganiro cyibanze ku masomo Abanyarwanda bakuye mu mateka yabo.

Yavuze ko ayo masomo yatumye baba abantu bakomeye mu mutwe, baba abantu biyemeje kuzakomeza kubaho neza birinda ko ibyabaye mu mateka yabo mabi byakongera kugaruka.

Iyo ni ingingo ikomeye Abanyarwanda biyemeje gusangiza abana babo mu Rwanda rwo gutegura ejo heza hazaza.

TAGGED:AmasezeranoAmatekafeaturedJenosideKagameRwandaSingapore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Agoronome Mwiza Agomba No Kuba N’Umunyarwanda Mwiza- PM Ngirente
Next Article Kagame Yaganiriye Na Mugenzi We Uyobora Singapore
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Bigoranye Police FC Yakuye Ku Izima APR FC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Abantu Babiri Bananirwa Bate Kubana?-Kagame Abaza Abashakanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?