U Rwanda Rwiyemeje Gucuruzanya Na Namibia

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr. Vincent Biruta yasinyanye na mugenzi we wa Namibia Jenelly Matundu amasezerano y’ubufatanye mu bucuruzi, mu zindi nzego z’ubukungu ni mu guhanahana amakuru n’ubumenyi.

Dr. Vincent Biruta na Jennelly Matundu basinye aya masezerano.

Namibia ihagarariwe mu Rwanda na Mr. Mohammed REZA akaba ayobora ikitwa Consulate.

Iki gihugu giherutse kugira ibyago uwari Perezida wacyo aratabaruka. U Rwanda rwagifashe mu mugongo ndetse na Madamu Jeannette Kagame ajya gufata mu mugongo umugore wa nyakwigendera Geingos wapfushije umugabo azize cancer yari amaranye igihe gito.

Hage Geingob wayobora Namibia
Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version