Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubufaransa Bwatangaje Ko Buzarwana Na Niger Nibiba Ngombwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ubufaransa Bwatangaje Ko Buzarwana Na Niger Nibiba Ngombwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 September 2023 8:36 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Gen Hubert Cottereau umwe mu bagaba bakuru b'ingabo z'Ubufaransa zirwanira ku butaka
SHARE

Ambasaderi w’Ubufaransa muri Niger witwa Sylvain Itté yatangaje ko hari amabwiriza yaturutse i Paris yamaze guhabwa  abasirikare b’Ubufaransa yo kurwana n’ingabo za Niger nizongera kuvogera inyungu zabwo.

Bivuzwe nyuma y’uko uyu Ambasaderi asabwe kuva muri Niger akabyanga yishingikirije ko abamwirukana atari abantu batowe mu buryo bwemewe n’amategeko.

Itté yashimiwe na Perezida Macron kubera ko yanze igitutu cy’abasirikare ubutegetsi bw’i Paris buvuga ko bafashe ubutegetsi bitanyuze muri Demukarasi.

I Paris bavuze ko ingabo zabo ziteguye intambara zizarwana n’iza Niger nihagira uwongera guhirahira agakora ku biranga inyungu z’Ubufaransa muri Niger cyangwa hakagira usagarira abasirikare  cyangwa abadipolomate babwo.

Ibi kandi byamejwe n’abagaba bakuru b’ingabo z’Ubufaransa mu kiganiro bahaye ikinyamakuru Anadulu gisanzwe cyandikirwa muri Turikiya.

Ibyo muri Niger byaje kuba ikibazo taliki 26, Nyakanga, 2023 ubwo abasirikare bayobowe na Gen. Abdourahamane Tchiani bakuraga ku butegetsi Perezida Mohamed Bazoum bakamufungira iwe.

Kuva icyo gihe, ibintu byafashe indi ntera, amahanga arahaguruka ngo arebe ko iyo rwaserera yahosha,  Bazoum agasubira ku butegetsi ariko nta musaruro biratanga.

ECOWAS yashyizeho igitutu cya gisirikare ngo izatera Niamey ariko ntibiraba.

Hari n’abavuga ko ari ‘ugukangata’

Inararibonye nyafurika zo zisanga intambara itakemura ikibazo kiri muri kiriya gihugu ahubwo basaba ko hakurikizwa inzira y’ibiganiro.

 

TAGGED:AmbasaderiBufaransafeaturedIngaboNiger
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame Yashimye Abajenerali Baherutse Kujya Mu Kiruhuko Cy’Izabukuru
Next Article Nyamasheke: Bamwibye Ayo Yakuye Mu Kugurisha Inka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?