Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubufaransa Bwiyemeje Gufasha u Rwanda Kuvugurura Ibitaro Bya Ruhengeri
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Ubufaransa Bwiyemeje Gufasha u Rwanda Kuvugurura Ibitaro Bya Ruhengeri

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 October 2023 3:17 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Guverinoma y’u Rwanda ihagarariwe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’imari n’igenamigambi ushinzwe umutungo wa Leta Richard Tushabe yasinyanye n’Ubufaransa amasezerano y’uko iki gihugu kizaha u Rwanda Miliyoni € 91 yo kubaka urwego rw’ubuzima cyane cyane mu cyaro.

Iyi nkunga izatangwa n’Ikigo cy’Abafaransa gishinzwe iterambere mpuzamahanga, Agence Française  de Dévelopment, ADF.

Ubufaransa busanganywe amasezerano y’imikoranire n’u Rwanda mu nzego zitandukanye harimo guteza imbere uburezi, siporo, ubuzima n’ubushakashatsi.

Amafaranga ADF izaha u Rwanda azarufasha mu kuvugurura ibitaro bya Ruhengeri.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Minisitiri w’ubuzima Dr Sabin Nsanzimana avuga ko ibitaro bya Ruhengeri nibivugururwa bizafasha Abanyarwanda kwivuza ndetse n’abaturanye narwo bazaza kwivuza.

Agera kuri Miliyoni € 70 azakoreshwa mu gusana biriya bitaro andi asigaye akoreshwe mu kubakira ibi bitaro ubushobozi bw’ibikoresho n’ibindi.

Min Richard Tushabe niwe wasinye ku ruhande rwa Guverinoma y’u Rwanda
Ambasaderi w’Ubufaransa Antoine Anfre niwe wasinye ku ruhande rwa Leta y’Ubufaransa
TAGGED:BufaransafeaturedIbitaroRuhengeriRwandaTushabe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda N’Ubushinwa Baganiriye Uko Ubufatanye Mu Bya Gisirikare Bwakomezwa
Next Article Rwanyindo Fanfan Yiyemeje Gufasha Urubyiruko Rw’Afurika Kubona Akazi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Perezida Wa Guinea Conakry Yaraye Yakiriwe N’Abaturage Be Baba Mu Rwanda

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?