Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubugiraneza Ni Ingenzi Ariko Umunyafurika Agahitamo Ikimufitiye Akamaro- Perezida Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ubugiraneza Ni Ingenzi Ariko Umunyafurika Agahitamo Ikimufitiye Akamaro- Perezida Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 October 2022 6:57 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukuru w’u Rwanda yabwiye abitabiriye Ihuriro Nyafurika ry’Abagiraneza, African Philanthropy Forum ko n’ubwo ibikorwa by’ubugiraneza ari ingenzi mu mibanire y’abantu, ariko ngo Abanyafurika bagombye kumva ko ibibakorerwa byose byagombye gushingira ku cyifuzo cyabo cyo kugira ejo heza hiyubashye.

Perezida Kagame avuga ko n’ubwo abantu bakenera amafaranga ngo bakore biteze imbere kandi kubafasha kuyabona nabyo bikaba ntacyo mu by’ukuri bitwaye, ariko ngo agaciro k’uyahabwa gakwiye kuza imbere.

Avuga ko uhabwa amafaranga aba agomba kubigiramo uruhare, ntafatwe nk’uwo guhabwa gusa.

Umukuru w’u Rwanda avuga ko ufashwa nawe agomba guhabwa ijambo kuko aba afite agaciro

Ihuriro nyafurika ry’abagiraneza, The African Philanthropy Forum, ni umuryango mugari w’abagira neza bo muri Afurika bagamije gufasha abandi kugera ku ntego zabo z’ejo hazaza.

Ku rubuga rwabo banditse ko bagamije iterambere n’ijambo ry’Umugabane w’Afurika muri rusange.

Bavuga ko bifuza ko inkunga itangwa n’Abanyafurika yazasimbura inkunga amahanga aha Afurika, iyi ntego ikazaba yaragezweho mu mwaka wa 2030.

Bemeza ko bashaka kuzaba bafite byibura Miliyari $42 muri uriya mwaka.

Umuryango The African Philanthropy Forum (APF) washinzwe mu mwaka wa 2014.

Muri iki gihe, uyu muryango ukorera mu Rwanda, muri Nigeria, muri Maroc, muri  Tanzania, muri Uganda, mu Misiri, muri Cameroun, muri Ghana, muri Ethiopia no muri Afurika y’Epfo.

Kugeza ubu ugizwe n’abagiraneza 950.

Mu ijambo rye kandi, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze  hakiri byinshi byo gukora kugira ngo u Rwanda rugere ku buringanire n’ubwuzuzanye hagati y’abagabo nabagore mu buryo busesuye.

Icyakora ngo hari intambwe ndende yatewe.

 

TAGGED:AbagiranezaAfurikafeaturedIhuriroKagame
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubukungu Bw’Afurika Yo Munsi Y’Ubutayu Bwa Sahara Burasubira Inyuma-IMF
Next Article Umubano W’U Rwanda Na Rhineland-Palatinate Mu Mibare
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?