Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubukungu Bw’Isi Buri Mu Manegeka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Ubukungu Bw’Isi Buri Mu Manegeka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 November 2023 10:59 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuyobozi w’imwe muri Banki zikomeye ku isi yitwa JP Morgan yo muri Amerika witwa Jamie Dimon avuga ko intambara iherutse kwaduka hagati ya Israel na Hamas izasonga ubukungu bw’isi bwari busanzwe barashegeshwe n’intambara y’Uburusiya na Ukraine n’ingaruka za COVID-19.

Jamie Dimon avuga ko ubukungu bw’isi buzajya hasi nk’uko bigeze kugenda mu myaka ya 1938 ubwo  mu Burayi bakenaga bikomeye kubera ingaruka z’Intambara ya Mbere y’isi bagatabarwa na Amerika muri gahunda yiswe Plan Marshall.

Ibigo by’imari n’imigabane muri Amerika bivuga ko kubera intambara hagati ya Israel na  Hamas hari impungenge z’uko idolari rizagwa bishingiye ku giciro cya petelori ku isoko mpuzamahanga hamwe n’’ibiciro by’amabuye y’agaciro nka zahabu, diyama na lithium.

Dimon yabwiye Sunday Times ko n’ubwo Amerika izakomeza kugira ubukungu bukomeye airko ngo ibibazo biri hirya no hino ku isi bizagira ingaruka runaka ku bukungu bw’Amerika.

Ubwoba buri ku isi butuma abantu bifata kugura, abandi bakifata mu kubitsa kandi ibyo bishegesha urwego rw’imari muri rusange.

Ibihe isi irimo bituma abantu benshi birinda icyabatwara amafaranga.

Kutagura bihagarika urujya n’uruza rw’abantu n’ibintu ndetse n’ibicuruzwa bityo ubukungu bugahagarara.

Ibi bibazo byiyongeraho n’ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere zituma henshi umusaruro ukomoka ku buhinzi udindira.

TAGGED:AmerikaBankiCOVIDHamasIntambaraIsraelUbukungu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Min Biruta Ati: ‘ Kwitwaza Abandi Byabaye Iturufu Y’Ubuyobozi Bwa DRC’
Next Article Bisi Z’Amashanyarazi Nazo Ziri Hafi Kuza Muri Kigali
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu mahanga

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?