Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubukungu Bw’Isi Buri Mu Manegeka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Ubukungu Bw’Isi Buri Mu Manegeka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 November 2023 10:59 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuyobozi w’imwe muri Banki zikomeye ku isi yitwa JP Morgan yo muri Amerika witwa Jamie Dimon avuga ko intambara iherutse kwaduka hagati ya Israel na Hamas izasonga ubukungu bw’isi bwari busanzwe barashegeshwe n’intambara y’Uburusiya na Ukraine n’ingaruka za COVID-19.

Jamie Dimon avuga ko ubukungu bw’isi buzajya hasi nk’uko bigeze kugenda mu myaka ya 1938 ubwo  mu Burayi bakenaga bikomeye kubera ingaruka z’Intambara ya Mbere y’isi bagatabarwa na Amerika muri gahunda yiswe Plan Marshall.

Ibigo by’imari n’imigabane muri Amerika bivuga ko kubera intambara hagati ya Israel na  Hamas hari impungenge z’uko idolari rizagwa bishingiye ku giciro cya petelori ku isoko mpuzamahanga hamwe n’’ibiciro by’amabuye y’agaciro nka zahabu, diyama na lithium.

Dimon yabwiye Sunday Times ko n’ubwo Amerika izakomeza kugira ubukungu bukomeye airko ngo ibibazo biri hirya no hino ku isi bizagira ingaruka runaka ku bukungu bw’Amerika.

Ubwoba buri ku isi butuma abantu bifata kugura, abandi bakifata mu kubitsa kandi ibyo bishegesha urwego rw’imari muri rusange.

Ibihe isi irimo bituma abantu benshi birinda icyabatwara amafaranga.

Kutagura bihagarika urujya n’uruza rw’abantu n’ibintu ndetse n’ibicuruzwa bityo ubukungu bugahagarara.

Ibi bibazo byiyongeraho n’ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere zituma henshi umusaruro ukomoka ku buhinzi udindira.

TAGGED:AmerikaBankiCOVIDHamasIntambaraIsraelUbukungu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Min Biruta Ati: ‘ Kwitwaza Abandi Byabaye Iturufu Y’Ubuyobozi Bwa DRC’
Next Article Bisi Z’Amashanyarazi Nazo Ziri Hafi Kuza Muri Kigali
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?