Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubukungu Bw’u Rwanda Bwitezweho Kuzamuka ‘Bidasanzwe’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwitezweho Kuzamuka ‘Bidasanzwe’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 August 2023 2:25 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Aya makuru atangwa na Banki nyafurika y’iterambere, BAD, muri raporo yayo yerekana uko ubukungu bw’Afurika muri rusange n’ubw’Afurika yo mu Burasirazuba by’umwihariko buzazamuka mu gihe kiri imbere.

Amakuru atangazwa muri raporo yasohowe n’iyi Banki avuga ko izamuka ry’ubukungu bw’u Rwanda rizaba riruta iry’ibindi bihugu bihuriye mu Karere.

Iyi banki igaragaza  ko Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba ari n’aho u Rwanda ruhereye wagize ubukungu buteye imbere kurusha ibindi bice by’Afurika.

N’ubwo ari uko bigaragara mu mibare y’abahanga ba BAD, hari n’impungenge z’uko iri zamuka ryazakomwa mu nkokora n’ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere.

Ikindi gihangayikishije abahanga mu by’ubukungu ni ibibazo bya politiki bikunze kuvuka mu bihugu bigize iki gice cy’Afurika.

Ya raporo twavuze haruguru igaragaza ko ubukungu bw’Akarere u Rwanda ruherereymo bwazamutseho nibura 4,4% umwaka washize(2022), biba 5,1% muri uyu mwaka(2023) mu gihe biteganyijwe ko bizagera kuri 5,8% mu mwaka wa 2024.

Abayikoze bashishikariza abo mu rwego rw’abikorera gukomeza ishoramari mu bikorwa n’imishinga bigamije kurengera ibidukikije, imishinga itanga ibisubizo ku ngaruka z’imihindagurikire y’ikirere n’ibindi.

Abagirwa inama cyane ni abo muri Uganda, Ethiopia, Kenya, Djibouti na Tanzania.

Ibi ni ibihugu bigaragaramo ubutaka bwagagaye cyane k’uburyo bidatabawe bishobora kuba ubutayu.

Ku rundi ruhande, abahanga ba BAD bavuga ko u Rwanda rugaragaza ibimenyetso byo kuzazamura ubukungu bwarwo ku kigero cyo hejuru kurusha ikindi gihugu cyo mu Karere ruherereyemo.

Abahanga bavuga ko n’ubwo ubukungu bw’u Rwanda bwagabanutse ku kigero cya 10,8% mu mwaka wa 2021  ndetse na 8,2% mu mwaka wa 2022 ntibizarubuza kuzamuka mu iterambere mu gihe kiri imbere kandi kitarambiranye.

TAGGED:AfurikaBankifeaturedRwandaUbukungu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Algérie Yavuze Ko Yiteguye Intambara Ku Ruhande Rwa Niger
Next Article Polisi Y’u Rwanda Ikuye Intsinzi Mu Mikino Yaberaga Muri Uganda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Abantu 16 Bashimuswe Na CODECO

Kwihaza Mu Biribwa Muri Afurika Biracyari Kure

Abavandimwe Alicia Na Germaine Bakoze Indirimbo Bizeyeho Byinshi

Kubaka Urugomero Rwa Nyabarongo Bizatuma Havuka Ikiyaga Kizakora Ku Turere 8

Nyagatare: Batashye Isoko Risakaye Bari Barifuje Igihe Kirekire

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwandair Yaguze Izindi Ndege Ngari 

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Rwamagana:Uwahoze Ari Umunyamakuru Wa Radio Agiye Kwishingira Iye

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Drones Zigiye Gukoreshwa Mu Kurwanya Imibu Yo Mu Bugesera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Kigali: Abagore Baravugwa Kenshi Mu Biyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

UNHCR Yaganirije AFC/M23 Ku Kibazo Cy’Impunzi Ziri Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushaka Kuba Igihugu Gikize Byuzuye-Kagame

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?