Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubushinjacyaha Bwasabiye Prince Kid Gufungwa Imyaka 16
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ubushinjacyaha Bwasabiye Prince Kid Gufungwa Imyaka 16

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 October 2022 6:55 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu muhezo wakurikiye icyemezo cy’umucamanza ashingiye k’ubusabe bw’ubushinjacyaha, haraye habereye iburanisha mu rubanza Ishimwe Dieudonee wamanyekanye ku izina rya Prince Kid aregwamo icyaha cyo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato.

Ubushinjacyaha bwasabiye uyu musore wamenyekanye mu myidagaduro igifungi cy’imyaka 16.

Iburanisha ryo kuri uyu wa Gatatu ryamaze amasaha arindwi.

Ubushinjacyaha bwavuze ko bumusabiye igihano cy’igifungo cy’imyaka 16  bitewe n’ubukana bw’ibyo bumushinja Prince Kid.

Mu kwisobanura kwe,  Prince Kid yavuze ko ubutabera bwagombye kuzamurekura bukamugira umwere kubera ko ngo nta cyo ubushinjacyaha bushingiraho bumuhamya ibyo bumurega.

Me Emelyne Nyembo uri  mu banyamategeko bunganira Prince Kid yasabye ko umukiliya we yazagirwa umwere.

Ubushinjacyaha bwavuze ko kubera impurirane y’ibyaha busabira Prince Kid gufungwa imyaka 16

Umucamanza yumvuse impande zose apfundikira iburanisha, avuga ko urubanza ruzasomwa ku wa 28/10/2022 saa saba z’igicamunsi.

Prince Kid kuva yatawe muri  yombi muri Gicurasi 2022.

Aburana ahakana icyaha ashinjwa agasaba ubutabera kukimuhanaguraho.

Uko byagenze mbere y’iburanisha mu muhezo…

Prince Kid Mu Rukiko Yerekanye Inzitizi

TAGGED:AbakobwafeaturedKidPrinceUrubanza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Sen. Jim Inhofe Yasuye u Rwanda Mbere Y’Uko Acyura Igihe
Next Article Tour Du Rwanda 2023: Abakinnyi Bazongera Bajye Barara Mu Ntara
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?