Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubushinjacyaha Bwasabiye Prince Kid Gufungwa Imyaka 16
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ubushinjacyaha Bwasabiye Prince Kid Gufungwa Imyaka 16

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 October 2022 6:55 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu muhezo wakurikiye icyemezo cy’umucamanza ashingiye k’ubusabe bw’ubushinjacyaha, haraye habereye iburanisha mu rubanza Ishimwe Dieudonee wamanyekanye ku izina rya Prince Kid aregwamo icyaha cyo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato.

Ubushinjacyaha bwasabiye uyu musore wamenyekanye mu myidagaduro igifungi cy’imyaka 16.

Iburanisha ryo kuri uyu wa Gatatu ryamaze amasaha arindwi.

Ubushinjacyaha bwavuze ko bumusabiye igihano cy’igifungo cy’imyaka 16  bitewe n’ubukana bw’ibyo bumushinja Prince Kid.

Mu kwisobanura kwe,  Prince Kid yavuze ko ubutabera bwagombye kuzamurekura bukamugira umwere kubera ko ngo nta cyo ubushinjacyaha bushingiraho bumuhamya ibyo bumurega.

Me Emelyne Nyembo uri  mu banyamategeko bunganira Prince Kid yasabye ko umukiliya we yazagirwa umwere.

Ubushinjacyaha bwavuze ko kubera impurirane y’ibyaha busabira Prince Kid gufungwa imyaka 16

Umucamanza yumvuse impande zose apfundikira iburanisha, avuga ko urubanza ruzasomwa ku wa 28/10/2022 saa saba z’igicamunsi.

Prince Kid kuva yatawe muri  yombi muri Gicurasi 2022.

Aburana ahakana icyaha ashinjwa agasaba ubutabera kukimuhanaguraho.

Uko byagenze mbere y’iburanisha mu muhezo…

Prince Kid Mu Rukiko Yerekanye Inzitizi

TAGGED:AbakobwafeaturedKidPrinceUrubanza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Sen. Jim Inhofe Yasuye u Rwanda Mbere Y’Uko Acyura Igihe
Next Article Tour Du Rwanda 2023: Abakinnyi Bazongera Bajye Barara Mu Ntara
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

You Might Also Like

Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwifatanyije Na Algeria Kwizihiza Isabukuru Y’Ubwigenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?