Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubushinwa Bugiye Gucukura Petelori Mu Bilometero 9 Mu Butayu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ubushinwa Bugiye Gucukura Petelori Mu Bilometero 9 Mu Butayu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 May 2023 9:58 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Butayu bwitwa Taklimakan buri mu Majyaruguru ashyira u Burengerazuba bw’u Bushinwa hatashywe uruganda rucukura rukanatunganya ibikomoka kuri petelori rubikuye muri kilometero icyenda mu kuzimu.

Uru ruganda nirwo rwa mbere runini kandi rurerure muri Aziya rukagira n’ikoranabuhanga mu gucukura ibikomoka kuri petelori ritarakoreshwa ahandi hose ku isi.

Muri rusange, ubujyakuzimu bw’aho bazacukura ibikomoka kuri petelori bureshya na metero 9,471 ni ukuvuga kilometero icyenda zirengaho metero hafi 500.

Uru ruganda rucungwa n’ikigo cy’Abashinwa kitwa China Petrochemical Corporation (Sinopec), rukaba ruherereye mu Ntara ya Xinjiang Uygur.

Kugira ngo wumve ko gucukura ahantu hareshya na kilometero icyenda ari ikintu gitangaje, biragusaba kwibuka ko kuva ku kibuga cy’indege cya Kigali cya Kanombe kugera mu Mujyi ahitwa Down Town hareshya na kilometero icyenda.

Ni intera isumba umusozi wa mbere muremure ku isi witwa Mount Everest uba mu bisozi bya Himalaya kuko ureshya na metero  8,848.86  ni ukuvuga kilometero 8 zirengaho.

TAGGED:BushinwafeaturedIkoranabuhangaPeteloriUbutayu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Intambara Ya Sudani Iri Kwaguka, Akarere Kose Karahangayitse
Next Article Gatsibo: Bishe Umugabo ‘Baramushahura’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?