Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubushinwa Bugiye Gucukura Petelori Mu Bilometero 9 Mu Butayu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ubushinwa Bugiye Gucukura Petelori Mu Bilometero 9 Mu Butayu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 May 2023 9:58 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Butayu bwitwa Taklimakan buri mu Majyaruguru ashyira u Burengerazuba bw’u Bushinwa hatashywe uruganda rucukura rukanatunganya ibikomoka kuri petelori rubikuye muri kilometero icyenda mu kuzimu.

Uru ruganda nirwo rwa mbere runini kandi rurerure muri Aziya rukagira n’ikoranabuhanga mu gucukura ibikomoka kuri petelori ritarakoreshwa ahandi hose ku isi.

Muri rusange, ubujyakuzimu bw’aho bazacukura ibikomoka kuri petelori bureshya na metero 9,471 ni ukuvuga kilometero icyenda zirengaho metero hafi 500.

Uru ruganda rucungwa n’ikigo cy’Abashinwa kitwa China Petrochemical Corporation (Sinopec), rukaba ruherereye mu Ntara ya Xinjiang Uygur.

Kugira ngo wumve ko gucukura ahantu hareshya na kilometero icyenda ari ikintu gitangaje, biragusaba kwibuka ko kuva ku kibuga cy’indege cya Kigali cya Kanombe kugera mu Mujyi ahitwa Down Town hareshya na kilometero icyenda.

Ni intera isumba umusozi wa mbere muremure ku isi witwa Mount Everest uba mu bisozi bya Himalaya kuko ureshya na metero  8,848.86  ni ukuvuga kilometero 8 zirengaho.

TAGGED:BushinwafeaturedIkoranabuhangaPeteloriUbutayu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Intambara Ya Sudani Iri Kwaguka, Akarere Kose Karahangayitse
Next Article Gatsibo: Bishe Umugabo ‘Baramushahura’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?