Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubusugire Bw’Igihugu Bushingjye No Kubo Mufatanya- Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ubusugire Bw’Igihugu Bushingjye No Kubo Mufatanya- Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 October 2025 12:01 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame yabwiye abagaba bakuru b’ingabo zirwanira ku butaka ba henshi muri Afurika n’ahandi ku isi ko ubusugire bw’igihugu muri iki gihe bushingiye no guhitamo abo mukorana mu nyungu zisangiwe.

Kagame niwe wafunguye iyo nama y’iminsi ibiri mu rwego rwo kurebera hamwe uko umutekano muri iki gihe wifashe, ibiwubangamira n’ibyakorwa ngo ibihugu bifatanye mu guhangana nabyo.

Yabwiye abo basirikare bakuru ko muri iki gihe hari ubundi buryo bukurura amakimbirane mu bantu, bigateza intambara.

Avuga kandi ko ubukungu n’umutekano bigendana, bigashingira ku ikoranabuhanga rigamije kubyoroshya byombi.

Iyo mikoranire irenga imbibi zisanzwe hagati y’ibihugu, gusa nanone akavuga ko iyo iryo koranabuhanga ridacungiwe hafi rishobora guteza akaga.

Icyakora hari Inama atanga igira iti: ” Kugira ngo duhangane nabyo, ni ngombwa kugira imikoranire inoze ”

Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka, Major General Nyakarundi Vincent yahaye bagenzi be ikaze, ababwira ko iyi nama izaba ingirakamaro mu kungurana ibitekerezo ku miterere y’umutekano muri iki gihe n’uko hakomeza kubakwa ubufatanye mu kuwusigasira.

Inama iri kubera mu Rwanda yitabiriwe n’abagaba bakuru b’ingabo zirwanira ku butaka bo mu bihugu 30, ikaba ibaye iya kabiri ibereye i Kigali.

TAGGED:AfurikafeaturedInamaKagameNyakarundiUmutekano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubufaransa Bugiye Gukoresha Inama Ku Mutekano Mu Karere
Next Article RIB Yafunze Uwasabaga Abantu Kujyana Amafaranga Mu Rusengero Ngo Bakubirwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

RIB Yafunze Uwasabaga Abantu Kujyana Amafaranga Mu Rusengero Ngo Bakubirwe

Ubusugire Bw’Igihugu Bushingjye No Kubo Mufatanya- Kagame

Ubufaransa Bugiye Gukoresha Inama Ku Mutekano Mu Karere

Ubuyapani: Bwa Mbere Umugore Yabaye Minisitiri W’Intebe 

Hakenewe Miliyari $ 50 Zo Gusana Gaza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nzanywe No Guhanga Udushya- Umuyobozi Mushya Wa Airtel Rwanda 

Indonesia, Azerbaijan Na Pakistan Mu Biganiro Na Amerika Byo Kohereza Ingabo Muri Gaza

Rwamagana: Ubuyobozi Bwamurikiwe Igishanga Gitunganyijwe Cya Cyaruhogo

Abanyarwanda Tugomba Kubaho Kuko Ni Impano Y’Imana- Kagame

Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha Rwanze Icyifuzo Cya Israel

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC Na Uganda Biyemeje Kongera Imbaraga Mu Bucuruzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwamagana: Uruganda SteelRwa Rukomeje Kuba Ikibazo Ku Buzima Bw’Abaturage

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Ku Manywa Y’Ihangu Bibye Inzu Ndangamurage Ya Mbere Ikomeye Ku Isi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

U Rwanda Rugiye Kubaka Irindi Shuri Rihambaye Ry’Ubuhinzi N’Ubworozi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?