Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubutumwa Ange Kagame Yageneye Se W’Imfura Ye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ubutumwa Ange Kagame Yageneye Se W’Imfura Ye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 June 2021 1:13 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu munsi wahariwe ababyeyi b’abagabo, Ange Ingabire Kagame yashimiye umugabo we Bertrand Ndengeyingoma ko ari umubyeyi mwiza wita ku mfura yabo no ku muryango we wose.

Ni ubutumwa yacishije ku rukuta rwe rwa Twitter.

Buherekeje ifoto iriho umugabo we ateruye umukobwa wabo, bombi basetse, bishimye.

Mu Kinyarwanda buragira buti: “ Umunsi mwiza wahariwe aba papa mukunzi, Natekerezaga ko nta gukunda birenze uko byahoze, ariko Imana yaduhaye umugisha uba Papa w’umukobwa wacu w’igitego. Turagukunda cyane.”

Ange Ingabire Kagame yambikanye impeta na Bertrand Ndengeyingoma muri Nyakanga, 2019.

Icyo gihe ubutumwa yashyizwe kuri Twitter bushingiye ku gitabo cyo muri Bibiliya kitwa Indirimbo za Salomo mu gice cyacyo cya 3, umurongo wa 4 ahagira hati: “ Nabonye uwo Roho yanjye ikunda.”

Muri Nyakanga 2019 nibwo bashinze urugo
TAGGED:AngefeaturedKagameNdengeyingomaUbukweUmubyeyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Impunzi 27.000 z’Abarundi Zabaga Mu Rwanda Zimaze Gutahuka
Next Article Mushikiwabo Yitabiriye Inama Yemerejwemo Ifaranga Rimwe Rya CEDEAO
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?