Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubuzima Bw’Uwari Buzaragwe Ingoma Ya Thailand Buri Hagati Y’Urupfu N’Umupfumu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ubuzima Bw’Uwari Buzaragwe Ingoma Ya Thailand Buri Hagati Y’Urupfu N’Umupfumu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 December 2022 8:35 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Igikomangoma Bajrakitiyabha  wa Thailand  ari mu bitaro nyuma yo gufatwa n’umutima ubwo yari ari muri siporo.

Uyu mugore w’imyaka 44 y’amavuko yikubise hasi ari kumwe n’imbwa ze ubwo yakoreraga siporo mu bisitani bw’ibwami.

Abaganga bagerageje kumufasha ngo barebe ko umutima wakongera gukora neza bakoresheje ubuhanga bita CPR (Cardiopulmonary resuscitation) ariko biranga, biba ngombwa ko bamwuriza kajugujugu bamujyana kwa muganga.

 Umwami wa Thailand akimara kumva iyo nkuru yahise aza kureba uko umukobwa we amerewe ariko ngo ntamerewe neza kubera ko ubwo twandikaga iyi  nkuru yari ari mu byuma byamufashaga gukomeza kubaho.

Ari gufashwa n’imashini yongera umwuka wa Oxygen ngo abantu barebe niba yakomeza kubaho.

Umunyamakuru witwa Andrew MacGregor Marshall yanditse kuri Twitter ko gukira  kwa kiriya gikomangoma biri kure.

Amakuru atangwa n’abantu b’ibwami avuga ko nta kizere cy’uko igikomangoma cyari buzaragwe ingoma kiri bugaruke mu buzima, icyakora ngo abahanga barakomeza gufasha uriya mukobwa guhumeka bakoresheje ikoranabuhanga bita ECMO.

Hagati aho  abiru b’ibwami bari kwiga ikiri bukurikireho nk’uko wa munyamakuru witwa  MacGregor Marshall yabyanditse.

TAGGED:IbitaroIgikomangomaThailandUmutimaUmwami
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Felix Tshisekedi Yarerewe Muri Mobutism- Rutaremara
Next Article Depite Mu Nteko Ishinga Amategeko Y’u Burayi Akurikiranyweho Ruswa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?