Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uganda: Ba Mukerarugendo Batwikiwe Mu Modoka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Uganda: Ba Mukerarugendo Batwikiwe Mu Modoka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 October 2023 8:27 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ahitwa Nyamunuka hafi y’umuhanda bita Katwe muri Uganda haraye hiciwe mukerarugendo wo mu Bwongereza n’uwo muri Afurika y’Epfo ndetse n’uwari ubaherekeje ukomoka muri Uganda.

Ikigo cya Uganda gishinzwe kwita ku nyamaswa ziba mu byanya bikomye, Uganda Wildlife Authority, kivuga ko Polisi yatangiye gukurikirana ngo imenye kandi ifate abakekwaho ubwo bwicanyi.

Fred Enanga uvugira Polisi ya Uganda yavuze ko ababikoze bazashakishwa bagafatwa

Ubuyobozi w’iki kigo busaba abantu gushyira umutima hamwe, bakirinda guhahamuka.

Bubizeza ko Polisi iri gukorana n’izindi nzego ngo hashakishwe abantu bakekwaho ubwo bwicanyi.

Imodoka yahiye irakongoka

Itangazo rya Uganda Wildlife Authority ntirivuga amazina y’ababo bantu n’icyo bari basanzwe bakora mu by’ukuri.

Ambasade y’Afurika y’Epfo n’iy’Ubwongereza ntacyo baratangaza kuri urwo rupfu rw’abaturage b’ibi bihugu.

Harakekwa ADF…

Mu gihe iperereza rigikomeje ngo hamenyekane mu by’ukuri abishe aba bantu, Polisi ya Uganda ivuga ko ibimenyetso by’ibanze byerekana ko abarwanyi ba Allied Democratic Forces, ADF, ari bo bishe bariya bantu.

Itangazo ribika aba bantu
TAGGED:AfurikaBwongerezaMukerarugendoUgandaUmuhanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rutaremara Yasobanuye Iby’Udutsiko Mu Banyarwanda Kuva Na Kera…
Next Article Musanze: Umuyobozi Afungiye Gutesha Agaciro Urwibutso Rwa Jenoside
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

You Might Also Like

Mu mahangaUbuzima

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?