Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uganda: Ubushita Bw’Inkende Buraca Ibintu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUbuzima

Uganda: Ubushita Bw’Inkende Buraca Ibintu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 October 2024 8:46 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Ubushita bw'inkende ni indwara yibasiye Uganda. CreditPhoto by Glody MURHABAZI / AFP.
SHARE

Mu gihe u Rwanda rumaze igihe ruhugiye mu kurwanya Marburg kubera ubukana bwayo, ku rundi ruhande indi ndwara ya Monkey Pox isa n’itibukwa na benshi. Icyakora irahari ndetse no muri Uganda iriyo kandi nyinshi.

Ibyayo mu Rwanda byo tuzabigarukaho ukwabyo ariko reka tubanze turebe uko imereye abaturanyi bo muri Uganda aho imaze kugera ku bantu 104.

Igiteye impungenge muri Uganda ni uko abenshi mu bandura muri iki gihe biganje mu Murwa mukuru Kampala.

Ahandi hibasiwe   cyane ni  ahitwa Nakasongola, Wakiso ndetse no muri gereza hariyo abantu babiri baraye banduye.

Abantu 314 bari gusuzumirwa hafi ngo harebwe niba batarigeze bahura n’abanduye.

Intara 15 za Uganda zamaze kugerwamo n’iki cyorezo kigaragazwa ahanini no gushesha ibiheri ku mubiri, haba mu biganza, mu birenge, mu mayasha no kugira inturugunyu ari nako umuntu ahinda umuriro mwinshi.

The East African yanditse ko ubuyobozi bwa Uganda buri gukorana n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, WHO/OMS, mu guhangana n’iyi ndwara.

Uganda iragerageza guhagarika ikwirakwira ry’iyi ndwara kugira ngo idakomeza kwaduka muri benshi, ikazatuma igihugu gishyirwa mu kato.

Ni akazi gakomeye kuko muri Uganda abantu badakunze kwita cyane ku ngamba z’isuku kubera ko abenshi baba bahugiye mu bushabitsi bw’amoko yose butita cyane ku isuku n’isukura.

TAGGED:featuredIcyorezoIndwaraInkendeMarburgRwandaUbushitaUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kirehe: Inkuba Yishe Umuturage N’Amatungo 24
Next Article Apostle Mignonne Arateganya Igiterane Muri Amerika
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwanda Barashukwa Bagaca Mu Bushinwa Bagera Ahandi Bakisanga Mu Buretwa-Amb Kimonyo 

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

Amerika Ntishaka Umusirikare Wayo Ubyibushye

Hafi Kimwe Cya Kabiri Cy’Ibyo u Rwanda Rwohereza Mu Muhanga Gikomoka Ku Buhinzi- PM Nsengiyumva

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu mahanga

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?