Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda yarangije gushyira ku ruhande Miliyoni $10 yo kwifashisha mu gihe indwara y’ubushita bw’inkende yaba yageze mu gihugu. Ni amafaranga...
Indwara ihangayikishije isi Abanyarwanda bise ubushita bw’inkende(Monkeypox) iravugwa muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ahitwa Maï-Ndombe. Inzego z’aho z’ubuzima zivuga ko abantu 114 ari bob amaze...
Ku isi hari impungenge z’uko hashobora kwaduka ikindi cyorezo gitewe n’indwara Abanyarwanda bise UBUSHITA BW’INKENDE. Mu Cyongereza bayita Monkey Pox. Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda ivuga ko...