Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uganda Yafunze Abarobyi Ba DRC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Uganda Yafunze Abarobyi Ba DRC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 October 2024 8:25 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Polisi ishinzwe umutekano mu mazi ya Uganda yafunze abarobyi 24 bo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, ifatira ubwato bwabo n’ibyari biburimo byose.

Ibyo ni moteri n’incundura bari bajyanye kurobesha, byose byajyanywe gufungirwa muri Uganda n’abo barobyi nabo barafungwa.

Barashinjwa gukorera uburobyi mu mazi y’igihugu kitari icyabo kandi mu buryo budakurikije amategeko.

Sosiyete sivile ikorera ahitwa Mokambo muri Teritwari ya Mahagi muri Ituri niyo yabibwiye Radio Okapi.

Umuyobozi w’iyo sosiyete sivile witwa Grégoire Thumitho yavuze ko kugira ngo abo barobyi barekurwe bagomba gutanga $200 kuri buri wese kugira ngo arekurwe.

Bafungiwe ahitwa Bulisia muri Uganda ku gice gituranye na Ituri.

Sosiyete sivile ya DRC isaba ubuyobozi bw’iki gihugu kwinjira muri iyi dosiye kugira ngo abo baturage barekurwe bidatinze.

Polisi ya Uganda ishinzwe umutekano mu mazi ivuga ko bariya barobyi bavogereye amazi yayo, barenga umupaka ugabanya aya Uganda na DRC bityo bakaba bagomba kubihanirwa mu buryo runaka.

TAGGED:AbarobyiAmaziCongoDRCIkiyagaUgandaumupaka
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amavubi Mato Yasezerewe Muri CECAFA
Next Article Knowless Yataramiye Abanyamerika Baramwishimira
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?