Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uko Byifashe Aho u Rwanda Rugiye Gusinyana N’u Bwongereza Amasezerano Ku Bimukira
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Uko Byifashe Aho u Rwanda Rugiye Gusinyana N’u Bwongereza Amasezerano Ku Bimukira

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 April 2022 12:28 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Saa saba zuzuye nibwo Umunyamabanga muri Leta y’u Bwongereza ushinzwe umutekano imbere mu gihugu Madamu Priti Patel ari businyane na bagenzi be mu Rwanda amasezerano y’imikoranire mu kwakira no kwita ku bimukira igihugu cye kizoherereza u Rwanda vuha aha.

Umuhango wo kuyasinya urabera muri Kigali Convention Center, nurangira habeho ikiganiro n’abanyamakuru bo mu Rwanda , abo mu Bwongereza n’abakorera itangazamakuru mpuzamahanga ry’ahandi ku isi.

Kugeza ubu abanyamakuru bamaze kuhagera bashyira ibyuma byabo ku murongo mu gihe bagitegereje ko abanyacyubahiro bahagera.

Priti Patel yageze mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu taliki 13, Mata, 2022.

Taarifa irakurikiranira abasomyi bayo uko biri bugende…

Abanyamakuru bahageze kare
Barimo ab’itangazamakuru ryo mu Rwanda n’iryo mu mahanga
Ni ubufatanye buzamara imyaka itanu
TAGGED:AbimukiraBwongerezafeaturedRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Philippines: Inkubi Imaze Guhitana Abantu 123
Next Article Twitter ‘Igiye’ Kugurwa N’Umukire Wa Mbere Ku Isi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbuzima

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?