Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uko Byifashe Aho u Rwanda Rugiye Gusinyana N’u Bwongereza Amasezerano Ku Bimukira
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Uko Byifashe Aho u Rwanda Rugiye Gusinyana N’u Bwongereza Amasezerano Ku Bimukira

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 April 2022 12:28 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Saa saba zuzuye nibwo Umunyamabanga muri Leta y’u Bwongereza ushinzwe umutekano imbere mu gihugu Madamu Priti Patel ari businyane na bagenzi be mu Rwanda amasezerano y’imikoranire mu kwakira no kwita ku bimukira igihugu cye kizoherereza u Rwanda vuha aha.

Umuhango wo kuyasinya urabera muri Kigali Convention Center, nurangira habeho ikiganiro n’abanyamakuru bo mu Rwanda , abo mu Bwongereza n’abakorera itangazamakuru mpuzamahanga ry’ahandi ku isi.

Kugeza ubu abanyamakuru bamaze kuhagera bashyira ibyuma byabo ku murongo mu gihe bagitegereje ko abanyacyubahiro bahagera.

Priti Patel yageze mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu taliki 13, Mata, 2022.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Taarifa irakurikiranira abasomyi bayo uko biri bugende…

Abanyamakuru bahageze kare
Barimo ab’itangazamakuru ryo mu Rwanda n’iryo mu mahanga
Ni ubufatanye buzamara imyaka itanu
TAGGED:AbimukiraBwongerezafeaturedRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Philippines: Inkubi Imaze Guhitana Abantu 123
Next Article Twitter ‘Igiye’ Kugurwa N’Umukire Wa Mbere Ku Isi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?