Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uko Ibipimo By’Imibereho Y’Abatuye Umujyi Wa Kigali Bihagaze
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbukungu

Uko Ibipimo By’Imibereho Y’Abatuye Umujyi Wa Kigali Bihagaze

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 June 2025 1:46 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare cyaretse ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali uko cyasanze abawutuye babayeho.

Nyuma yo kubibona babikubiye mucyo bise Ubushakashatsi ku Mibereho y’Ingo Icyiciro cya Karindwi, EICV7.

Bimwe mu byagaragaye ni uko muri rusange, imibareho yabo yarushijeho kuba myiza, ugereranyije n’ibyari byavuye mu bushakashatsi nk’ubwo bwakozwe mu 2017.

Abahanga basanze igipimo cy’abaturage bakennye mu Mujyi wa Kigali cyaravuye kuri 39.8%, ubu kigeze kuri 27.4%

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Icy’ubukene bukabije cyavuye kuri 11.3%, kugera kuri 5.4%

Ikindi ni uko ikigereranyo cy’abafite umurimo kigeze kuri 73%, kivuye kuri 64.7%

Amazi meza yo kunywa yageze ku bangana na 97.9%, bavuye kuri 95.5%

Abakoresha ibicanwa bitangiza ibidukikije (Gas & Biogas) ni 23.4%, bavuye kuri 6.2% mu mwaka wa 2017.

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali wungirije ushinzwe ibukungu n’imibereho y’abaturage, Urujeni Martine yavuze ko ibyavuye muri ubwo bushakashatsi bizafasha Umujyi kumenya aho gushyira imbaraga mu ishyirwa mu bikorwa ry’imishinga igamije kugabanya ubukene no guteza imbere imibereho myiza y’abaturage.

- Advertisement -

Umujyi wa Kigali utuwe n’abantu barenga Miliyoni imwe kandi bariyongera cyane.

Uko byifashe mu magambo avunaguye.

Ubwo bwiyongere buterwa ahanini n’uko ari wo ubonekamo ibikorwaremezo byinshi kandi bikenerwa cyane mu kwiteza imbere.

Ni umujyi kandi waguka cyane ku buryo ukeneye kubakwamo ibikorwaremezo byinshi kandi bigezweho.

TAGGED:AbaturagefeaturedIbikorwaremezoKigaliUmujyiUrujeni
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC: Abasirikare Ku Rugamba Barya Mu Minsi 15 Gusa
Next Article U Rwanda Rugiye Gufungura Ambasade Muri Algeria
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda:Abahanga Bize Uko Ikoranabuhanga Ryakomeza Gukoreshwa Mu Miyoborere

Edgar Lungu Wayoboye Zambia Yapfuye

Impungenge Ku Birayi Byongererewe Ubushobozi Zishire-Umushakashatsi Wa RAB

Trump Yahagaritse Ingendo Ziva Mu Bihugu 12 Zijya Muri Amerika

Nyamagabe Igiye Guhabwa Amazi Ku Bayituye Bose

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nick Ngendahayo Yasohoye Indirimbo Ibanziriza Igitaramo

Tshisekedi Arahihibikanira Ko DRC Ijya Mu Kanama Ka UN K’Amahoro Ku Isi

Abayahudi Baramagana Ibyo Israel Ikorera Muri Gaza

Kabila Aragisha Inama Inararibonye Z’i Goma

DRC: Abasirikare Ku Rugamba Barya Mu Minsi 15 Gusa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Abanyeshuri Ba Kaminuza Nkuru Y’Uburundi Bafitiye Ubwoba Amatora

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ifu Y’Ifi: Ubundi Buryo Bwo Kurwanya Indyo Mbi Mu Bana B’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rugiye Gufungura Ambasade Muri Algeria

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ubuzima, Uburezi…Inkingi Z’Umubano W’u Rwanda N’Ubusuwisi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?