Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uko Ibya Giants Of Africa Biteganyijwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImyidagaduroMu Rwanda

Uko Ibya Giants Of Africa Biteganyijwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 July 2025 11:38 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Ni igikorwa kibamo byinshi byo kwidagadura.
SHARE

Harabura igihe gito ngo iserukiramuco rya Giants of Africa ritangire kubera mu Rwanda. Kugeza ubu amatike yose yamaze kugurwa kuko nayari yasohotse yahise agurwa byihuse.

Iri serukiramuco rizatangira tariki 27, Nyakanga, 2025 rirangire mu ntangiriro za Kanama uyu mwaka.

Igitaramo cyo kurifungura kizaba ku Cyumweru Tariki 27, Nyakanga, 2025, kikazakorwa n’abahanzi  Chriss Eazy, Boukuru, Ruti Joel, Kevin Kade, Uncle Waffles na Sherrie Silver Foundation.

Icyo kurirangiza cyo kizakorwa n’abahanzi Ayra Starr, The Ben, Timaya na Kizz Daniel.

Giants of Africa ni umuryango usanzwe ufasha urubyiruko rwa Afurika gukuza impano mu mukino wa Basketball.

Ni igitekerezo cya benshi ariko cyane cyane Umwongereza ukomoka ku mubyeyi wo muri Kenya n’uwo muri Nigeria witwa Massai Ujiri, wasanze bikwiye ko Abanyafurika bahabwa amahirwe yo gukina Basket bakiri bato, bagakuza impano kandi bakagira ibikorwaremezo iwabo bibibafashamo.

Ubwo riheruka ryahujwe no kwizihiza imyaka 20 uyu muryango umaze ushinzwe, ryitabirwa n’urubyiruko rurenga 250 rwari rwaturutse mu bihugu 16 birimo Sénégal, Mali, Nigeria, Cameroun, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Sudani y’Epfo, Uganda, u Rwanda, Tanzania, Kenya na Somalia.

Kuri iyi nshuro bwo rizahuza, by’umwihariko, urubyiruko 320 rwo mu bihugu 20.

TAGGED:AbahanziGiantsImyidagaduroIserukiramucoKagameKigali
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RBC Igiye Kuba Ikigo Gikomeye Mu By’Ubuzima Muri Afurika
Next Article CSP Sengabo Yongeye Kugirwa Umuvugizi W’urwego Rw’Igorora
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Nduhungirehe Ashimangira Ko FDLR Ikiri Ikibazo K’u Rwanda

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Kapiteni Wa Kiyovu Sports Yahaniwe Imyitwarire Mibi

Abana Bafite Ubumuga Barakimwa Amahirwe Yo Kwiga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

You Might Also Like

Ubukungu

Mu Mezi Icyenda BK Yungutse Miliyari Frw 83.5

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye Na Touadéra Uko RDF Yakomeza Imikoranire N’Ingabo Ze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Umuyobozi Wa Imbuto Foundation Hari Icyo Asaba Abato

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Gisagara: Ikamyo Ya Howo Yishe Abana Babiri

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?