Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uko Ibya Giants Of Africa Biteganyijwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImyidagaduroMu Rwanda

Uko Ibya Giants Of Africa Biteganyijwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 July 2025 11:38 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Ni igikorwa kibamo byinshi byo kwidagadura.
SHARE

Harabura igihe gito ngo iserukiramuco rya Giants of Africa ritangire kubera mu Rwanda. Kugeza ubu amatike yose yamaze kugurwa kuko nayari yasohotse yahise agurwa byihuse.

Iri serukiramuco rizatangira tariki 27, Nyakanga, 2025 rirangire mu ntangiriro za Kanama uyu mwaka.

Igitaramo cyo kurifungura kizaba ku Cyumweru Tariki 27, Nyakanga, 2025, kikazakorwa n’abahanzi  Chriss Eazy, Boukuru, Ruti Joel, Kevin Kade, Uncle Waffles na Sherrie Silver Foundation.

Icyo kurirangiza cyo kizakorwa n’abahanzi Ayra Starr, The Ben, Timaya na Kizz Daniel.

Giants of Africa ni umuryango usanzwe ufasha urubyiruko rwa Afurika gukuza impano mu mukino wa Basketball.

Ni igitekerezo cya benshi ariko cyane cyane Umwongereza ukomoka ku mubyeyi wo muri Kenya n’uwo muri Nigeria witwa Massai Ujiri, wasanze bikwiye ko Abanyafurika bahabwa amahirwe yo gukina Basket bakiri bato, bagakuza impano kandi bakagira ibikorwaremezo iwabo bibibafashamo.

Ubwo riheruka ryahujwe no kwizihiza imyaka 20 uyu muryango umaze ushinzwe, ryitabirwa n’urubyiruko rurenga 250 rwari rwaturutse mu bihugu 16 birimo Sénégal, Mali, Nigeria, Cameroun, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Sudani y’Epfo, Uganda, u Rwanda, Tanzania, Kenya na Somalia.

Kuri iyi nshuro bwo rizahuza, by’umwihariko, urubyiruko 320 rwo mu bihugu 20.

TAGGED:AbahanziGiantsImyidagaduroIserukiramucoKagameKigali
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RBC Igiye Kuba Ikigo Gikomeye Mu By’Ubuzima Muri Afurika
Next Article CSP Sengabo Yongeye Kugirwa Umuvugizi W’urwego Rw’Igorora
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ababyeyi Baraburirwa Ko Tik Tok Ibangiriza Abana

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

Bobi Wine Arashinja Polisi Kumubuza Kwiyamamaza

Abanyarwanda Barashukwa Bagaca Mu Bushinwa Bakisanga Mu Bucakara- Amb Kimonyo 

Kagame Yibukije Ingabo Z’u Rwanda Kuzibukira Ubusinzi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Yabwiye Abateguye UCI Ko Bahawe Ikaze Mu Rwanda Igihe Cyose Bazashakira

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

Ubushinwa: Huzuye Ikiraro Cya Mbere Kiri Ku Butumburuke Buruta Ubundi Ku Isi

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Airtel Rwanda Yahawe Umuyobozi Mushya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Tombola Inzozi Lotto Yahagaritswe Gukorera Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Hafi Kimwe Cya Kabiri Cy’Ibyo u Rwanda Rwohereza Mu Muhanga Gikomoka Ku Buhinzi- PM Nsengiyumva

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduro

Nyuma Y’Imyaka Babana, Sonia Rolland Yakoze Ubukwe Ashagawe N’Abakobwa Be

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?