Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uko Ibya Giants Of Africa Biteganyijwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImyidagaduroMu Rwanda

Uko Ibya Giants Of Africa Biteganyijwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 July 2025 11:38 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Ni igikorwa kibamo byinshi byo kwidagadura.
SHARE

Harabura igihe gito ngo iserukiramuco rya Giants of Africa ritangire kubera mu Rwanda. Kugeza ubu amatike yose yamaze kugurwa kuko nayari yasohotse yahise agurwa byihuse.

Iri serukiramuco rizatangira tariki 27, Nyakanga, 2025 rirangire mu ntangiriro za Kanama uyu mwaka.

Igitaramo cyo kurifungura kizaba ku Cyumweru Tariki 27, Nyakanga, 2025, kikazakorwa n’abahanzi  Chriss Eazy, Boukuru, Ruti Joel, Kevin Kade, Uncle Waffles na Sherrie Silver Foundation.

Icyo kurirangiza cyo kizakorwa n’abahanzi Ayra Starr, The Ben, Timaya na Kizz Daniel.

Giants of Africa ni umuryango usanzwe ufasha urubyiruko rwa Afurika gukuza impano mu mukino wa Basketball.

Ni igitekerezo cya benshi ariko cyane cyane Umwongereza ukomoka ku mubyeyi wo muri Kenya n’uwo muri Nigeria witwa Massai Ujiri, wasanze bikwiye ko Abanyafurika bahabwa amahirwe yo gukina Basket bakiri bato, bagakuza impano kandi bakagira ibikorwaremezo iwabo bibibafashamo.

Ubwo riheruka ryahujwe no kwizihiza imyaka 20 uyu muryango umaze ushinzwe, ryitabirwa n’urubyiruko rurenga 250 rwari rwaturutse mu bihugu 16 birimo Sénégal, Mali, Nigeria, Cameroun, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Sudani y’Epfo, Uganda, u Rwanda, Tanzania, Kenya na Somalia.

Kuri iyi nshuro bwo rizahuza, by’umwihariko, urubyiruko 320 rwo mu bihugu 20.

TAGGED:AbahanziGiantsImyidagaduroIserukiramucoKagameKigali
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RBC Igiye Kuba Ikigo Gikomeye Mu By’Ubuzima Muri Afurika
Next Article CSP Sengabo Yongeye Kugirwa Umuvugizi W’urwego Rw’Igorora
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kigali: Abagore Baravugwa Kenshi Mu Biyobyabwenge

UNHCR Yaganirije AFC/M23 Ku Kibazo Cy’Impunzi Ziri Mu Rwanda

Umukino Urangiza Irushanwa ‘Gicanda Invitation 2025’ Urabera Kigali Pele Stadium

U Rwanda Rushaka Kuba Igihugu Gikize Byuzuye-Kagame

Perezida Wa Palestine Yimwe Visa Yo Kuzajya Muri Amerika Mu Nama Ya UN

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Perezida Wa Mozambique Yatangiye Uruzinduko Mu Rwanda

You Might Also Like

Mu RwandaUbukerarugendoUbukungu

Kinigi: Abaturiye Ahazagurirwa Pariki Bahawe Uburyo Bwo Kwihaza Mu Biribwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Rwamagana:Uwahoze Ari Umunyamakuru Wa Radio Agiye Kwishingira Iye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Haganiwe Uko UNHCR Yakomeza Imikoranire N’ u Rwanda 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Abimukira Ba Mbere Boherejwe Na Amerika Bageze Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?