Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uko Imikino Y’Irushanwa Rya Cricket Kwibuka T20 Ku Munsi 3 Yagenze
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Uko Imikino Y’Irushanwa Rya Cricket Kwibuka T20 Ku Munsi 3 Yagenze

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 June 2021 8:48 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu wa Kabiri tariki 08, Kamena, 2021 umukino wa mbere watangiye saa tatu n’igice  za mu gitondo uhuza Kenya na Nigeria.

Ikipe ya Nigeria niyo yawutsinze. Yatangiye yahisemo gukina ikubita udupira  bagakora amanota.  Botswana yo yahisemo gutangira itera udupira ariko igamije kubuza Nigeria kushyiramo amanota menshi, ibyo Bowling.

Nyuma yo kubarwa kw’amanota, Nigeria niyo yatsinze kuko yagize amanota 108 mu gihe Kenya yanasohoye abakinnyi batanu ba Nigeria(5 Wickets).

Igice cya 2 cyatangiye KENYA ariyo  iri gukora amanota ibyo bita cricket batting, icyo gie yasabwaga amanota 109  kugira ngo ice kuri  Nigeria yari imaze gutsinda amanota 108.

Yatangiye igaragaza umurego kuko  mu dupira 60 tungana n’ibyo bita ‘Overs’ 10 bari bamaze gutsindamo amanota 53(53 Runs)kandi nta mukinnyi wa Kenya wari wavanywemo.

Igice cya 2 cyarangiye Kenya ibashije gukuraho agahigo Nigeria yari yashyizeho kuko yatsinze amanota 109 (109 Runs),mu dupira 109 bari bamaze gukubita ibi bikaba bingana na Overs 18 n’agapira kamwe(18,1 Overs).

Ku ruhande rwa Kenya abakinnyi 2 nibo basohowe na Nigeria (2 Wickets)

Umukinnyi mwiza w’umukino yabaye QUENTER ABEL w’ikipe y’igihugu ya KENYA.

Botswana yatangiye ihitamo gukina itera udupira mu rwego rwo kubuza uwo bahanganye gutsinda amanota menshi.

Ikipe y’igihugu ya Botswana yahuye nakazi katoroshye mu gice cya mbere kuko Namibia yatsinze amanota 155(Total Runs) mu dupira 120 bagombaga gutera (ni ukuvuga 20 Overs).

Umukinnyi umwe ku ruhande rwa Namibia  niwe wakuwemo (1 Wickets)

Birumvikana ko amanota 155 yatsinzwe n’abakinnyi  3 gusa.

Umukino warangiye Namibia ari yo iwutsinze.

Muri uyu mukino umukinnyi witwaye neza yabaye: SUNE WITTMAN

Kuri uyu munsi imikino irakomeza hakinwa imikino y’umunsi wa 4”

9:30am: Namibia vs. Kenya

1:50pm: Rwanda vs. Nigeria

Abakinnyi b’ikipe ya Kenya
Ikipe ya Botswana
Abakinnyi ba Nigeria
Umwe mu bakinnyi bitwaye neza kurusha abandi
TAGGED:CricketfeaturedIkipeKenyaNamibiaNigeriaRwandaUmukinnyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article IGP Munyuza Yasuye Abapolisi B’u Rwanda Muri Sudan y’Epfo
Next Article Museveni Yahinduye Visi Perezida, Minisitiri w’Intebe N’Umugaba W’Ingabo
1 Comment
  • Higiro Alphed says:
    09 June 2021 at 9:09 am

    Uyumukino ntabwo tujya dupfa gusobanukirwa ibyawo hhhhh

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?