Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ukraine: Uburusiya Buravugwaho Kurasa Missile Yishe Abasivile 31
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Ukraine: Uburusiya Buravugwaho Kurasa Missile Yishe Abasivile 31

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 April 2025 1:16 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abantu 31 nibo bivugwa ko baguye mu gitero cyagabwe n’ingabo z’u Burusiya muri Ukraine mu Mujyi witwa Sumy abandi 84 barakomereka.

Perezida wa Ukraine witwa Volodymyr Zelensky avuga ko u Burusiya bwagabye igitero gikomeye bukoresheje bombi bita ballistique.

Yasabye amahanga guhaguruka akamagana kandi agahana u Burusiya kubera igitero avuga ko ari icya kinyamaswa.

Umunyamakuru wa BBC ukorera muri Ukraine avuga ko ahaabwe kiriya gitero hasanzwe n’ubundi hari mu hantu u Burusiya busanzwe buteganya kuzagaba ibitero karahanutaka.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Ukraine witwa Andrii Sybiha avuga ko kugaba igitero nka kiriya ku munsi w’Imana( ku Cyumweru) ari igikorwa cya Sekibi.

Avuga ko ababishinzwe mu gihugu cye bari gutegura ibisobanuro birambuye kuri kiriya gitero gifatwa nk’icyaha cy’intambara.

Yasabye ko amahanga akwiye kwamagana ibyakozwe na Moscow kuko byishe nkana amasezerano mpuzamahanga yo kurinda abasivile mu bhe by’intambara.

TAGGED:featuredigisasuIntambaraMissileUburusiyaUkraine
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kicukiro: Bagwiriwe N’Urukuta Rwa Lodge Bari Baryamyemo
Next Article Abanyapolitiki ba PL Tubibuka Buri Munsi- Mukabalisa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?