Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umubare W’Abishwe N’Umutingito Muri Afghanistan Wageze Ku Bantu 920
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umubare W’Abishwe N’Umutingito Muri Afghanistan Wageze Ku Bantu 920

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 June 2022 11:35 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umutingito ufite ubukana bwa Richter bungana na 6.1 wajegeje ibice by ‘Afghanistan wica abantu benshi. Kugeza ubu hamaze  kubarurirwa muri 920, abandi benshi  bakameretse ndetse n’ingingo z’imibiri yabo ziravunika.

Uyu mutingito wabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, wibasira Umujyi wa Khost urutanye na Pakistan.

Ikigo cy’Abanyamerika gishinzwe ubumenyi bw’imiterere y’ubutaka kitwa US Geological Survey kivuga ko isangano ry’amahindure yateye uriya mutingito ryatangiriye muri Kilometero 51 mu bujyakuzimu

Ingaruka zawo zageze mu ntera ya Kilometero 44 kure y’Umujyi wibasiwe cyane ari wo Khost.

Bivugwa ko imbaraga zawo zajegeje inzu nyinshi k’uburyo abantu miliyoni 119 bawumvise kandi kumva umutingito bivuze gukuka umutima.

Ibiro ntaramakuru by’iki gihugu byitwa Bakhtar bivuga ko abantu 255 ari bob amaze guhitanwa nawo.

Afghanistan

Hari n’abandi kajugujugu zajyanye kwa muganga.

Ahandi hantu ku isi haherutse kwibasirwa n’umutingito ni muri Haïti.

Hari muri Kanama, 2021 ubwo umutingito ukomeye wari ufite igipimo cya Richter cya 7.2 wahitanaga abantu 1,941 abandi 9,900 bagakomeretse hagasenyuka inzu 60,000.

Igice kinini cyangirijwe nawo ni ikiri mu Murwa mukuru Port-au-Prince.

TAGGED:AfghanistanfeaturedUmujyiUmutingito
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uwiyamamariza Kuyobora Kenya Ati: “ Nintsinda Nzirukana Abashinwa Bigaruriye Isoko Ryacu”
Next Article Rebecca Kadaga Yahagarariye Perezida Museveni Mu Nama Ya CHOGM
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

AFC/M23 Ishinja Leta Ya Kinshasa Kutubahiriza Ibyo Guhana Imfungwa

Rulindo: Yari Amaze Igihe Acurururiza Urumogi Iwe

Gisagara: Haturikijwe Grenade Abaturage Bacikamo Igikuba 

Ubusuwisi: Abantu 40 Bahiriye Mu Kabari 

Karongi: Bwa Mbere Mu Mateka Harasiwe Umwaka

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Bunyoni Ararembye

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

Kigali: Yadukiriye Imodoka Ziparitse Mu Mujyi Azimena Ibirahure Atarobanura

Rwanda: Undi Mupolisi Yishwe N’Umuntu Wamugonze

Icyongereza Gike, Imiyoborere Idahwitse…Bimwe Mu Byatumye Abayobora Amashuri Birukanwa

You Might Also Like

Ubumenyi N'Ubuhanga

Ingwe: Inyamaswa Ibayeho Icunganwa N’Intare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Guinée: Bidasubirwaho Mamadi Doumbouya Yatsinze Amatora

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Asanga Hakwiye Kujyaho Itorero ‘Ryihariye’ Ry’Abagabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Muhanga: Umunyamategeko Yakatiwe Gufungwa Imyaka 15

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?