Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umubare W’Abishwe N’Umutingito Muri Afghanistan Wageze Ku Bantu 920
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umubare W’Abishwe N’Umutingito Muri Afghanistan Wageze Ku Bantu 920

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 June 2022 11:35 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umutingito ufite ubukana bwa Richter bungana na 6.1 wajegeje ibice by ‘Afghanistan wica abantu benshi. Kugeza ubu hamaze  kubarurirwa muri 920, abandi benshi  bakameretse ndetse n’ingingo z’imibiri yabo ziravunika.

Uyu mutingito wabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, wibasira Umujyi wa Khost urutanye na Pakistan.

Ikigo cy’Abanyamerika gishinzwe ubumenyi bw’imiterere y’ubutaka kitwa US Geological Survey kivuga ko isangano ry’amahindure yateye uriya mutingito ryatangiriye muri Kilometero 51 mu bujyakuzimu

Ingaruka zawo zageze mu ntera ya Kilometero 44 kure y’Umujyi wibasiwe cyane ari wo Khost.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Bivugwa ko imbaraga zawo zajegeje inzu nyinshi k’uburyo abantu miliyoni 119 bawumvise kandi kumva umutingito bivuze gukuka umutima.

Ibiro ntaramakuru by’iki gihugu byitwa Bakhtar bivuga ko abantu 255 ari bob amaze guhitanwa nawo.

Afghanistan

Hari n’abandi kajugujugu zajyanye kwa muganga.

Ahandi hantu ku isi haherutse kwibasirwa n’umutingito ni muri Haïti.

Hari muri Kanama, 2021 ubwo umutingito ukomeye wari ufite igipimo cya Richter cya 7.2 wahitanaga abantu 1,941 abandi 9,900 bagakomeretse hagasenyuka inzu 60,000.

- Advertisement -

Igice kinini cyangirijwe nawo ni ikiri mu Murwa mukuru Port-au-Prince.

TAGGED:AfghanistanfeaturedUmujyiUmutingito
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uwiyamamariza Kuyobora Kenya Ati: “ Nintsinda Nzirukana Abashinwa Bigaruriye Isoko Ryacu”
Next Article Rebecca Kadaga Yahagarariye Perezida Museveni Mu Nama Ya CHOGM
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Misa Ya Mbere Ya Papa Leo XIV Yasomewe Ku Mva Ya Papa Francis

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?