Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umugaba W’Ingabo Z’u Rwanda Zo Ku Butaka Yahuriye Na Perezida Nyusi Muri Cabo Delgado
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Umugaba W’Ingabo Z’u Rwanda Zo Ku Butaka Yahuriye Na Perezida Nyusi Muri Cabo Delgado

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 February 2024 10:40 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Major General Vincent Nyakarundi yahuriye na Perezida wa Mozambique Filip Nyusi muri Cabo Delgado aho yagiye mu ruzinduko rw’akazi. Nyusi yari ari kumwe na Minisitiri w’ingabo za Mozambique Maj Gen Cristovão Artur Chume.

Ubwo yahageraga, Perezida Nyusi yakiriwe mu cyubahiro n’ingabo z’u Rwanda ziri mu gihugu cye mu rwego rw’akazi ziyobowe na Major General Nyakarundi ari kumwe n’umuyobozi w’itsinda ry’ingabo z’u Rwanda na Polisi riri muri Mozambique witwa Major General Alexis Kagame n’abandi bayobozi b’ingabo na Polisi.

Ku rubuga rwa X rwa Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda handitseho ko Perezida Nyusi yashimye umuhati ingabo z’u Rwanda na Polisi bagira mu kugarura amahoro binyuze mu kwirukana ibyihebe byari byarigaruriye  Cabo Delgado guhera mu mwaka wa 2017.

Gen.Nyakarundi yabwiye abasirikare n’abapolisi b’u Rwanda bari muri kiriya gihugu uko mu Rwanda  umutekano wifashe aboneraho kubasaba gukomeza gukorana umurava inshingano zabajyanye kure y’iwabo.

Perezida Nyusi aganira na Gen Nyakarundi uko ibintu byifashe muri Cabo Delgado
TAGGED:AbapolisiAbasirikareCaboDelgadofeaturedIngaboMozambiqueNyakarundiRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubuzima, Uburezi…Inkingi Ubufaransa Buzakoranamo N’u Rwanda Mu Myaka Ine
Next Article FPR-Inkotanyi Iratangira Amatora Y’Ijonjora
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?