Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umugaba W’Ingabo Z’u Rwanda Zo Ku Butaka Yahuriye Na Perezida Nyusi Muri Cabo Delgado
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Umugaba W’Ingabo Z’u Rwanda Zo Ku Butaka Yahuriye Na Perezida Nyusi Muri Cabo Delgado

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 February 2024 10:40 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Major General Vincent Nyakarundi yahuriye na Perezida wa Mozambique Filip Nyusi muri Cabo Delgado aho yagiye mu ruzinduko rw’akazi. Nyusi yari ari kumwe na Minisitiri w’ingabo za Mozambique Maj Gen Cristovão Artur Chume.

Ubwo yahageraga, Perezida Nyusi yakiriwe mu cyubahiro n’ingabo z’u Rwanda ziri mu gihugu cye mu rwego rw’akazi ziyobowe na Major General Nyakarundi ari kumwe n’umuyobozi w’itsinda ry’ingabo z’u Rwanda na Polisi riri muri Mozambique witwa Major General Alexis Kagame n’abandi bayobozi b’ingabo na Polisi.

Ku rubuga rwa X rwa Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda handitseho ko Perezida Nyusi yashimye umuhati ingabo z’u Rwanda na Polisi bagira mu kugarura amahoro binyuze mu kwirukana ibyihebe byari byarigaruriye  Cabo Delgado guhera mu mwaka wa 2017.

Gen.Nyakarundi yabwiye abasirikare n’abapolisi b’u Rwanda bari muri kiriya gihugu uko mu Rwanda  umutekano wifashe aboneraho kubasaba gukomeza gukorana umurava inshingano zabajyanye kure y’iwabo.

Perezida Nyusi aganira na Gen Nyakarundi uko ibintu byifashe muri Cabo Delgado
TAGGED:AbapolisiAbasirikareCaboDelgadofeaturedIngaboMozambiqueNyakarundiRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubuzima, Uburezi…Inkingi Ubufaransa Buzakoranamo N’u Rwanda Mu Myaka Ine
Next Article FPR-Inkotanyi Iratangira Amatora Y’Ijonjora
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

You Might Also Like

Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?