Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuhuza Wa Afurika Yunze Ubumwe Mu Kibazo Cy’u Rwanda Na DRC Ari i Kigali
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuhuza Wa Afurika Yunze Ubumwe Mu Kibazo Cy’u Rwanda Na DRC Ari i Kigali

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 January 2026 7:40 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Yakiriwe na Minisitiri w'ububanyi n'amahanga Olivier Nduhungirehe.
SHARE

Perezida w’Inama Nkuru y’Abaminisitiri ya Togo Faure Essozimna Gnassingbé, yageze i Kigali mu ruzinduko rw’akazi, kandi ubwo yageraga ku kibuga cy’indege cya Kanombe yakiriwe na Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga Amb Olivier Nduhungirehe.

Nyuma ye kandi hari abandi bagize itsinda ry’abahuza ba Afurika yunze ubumwe bazahagira ngo hakomeze ibiganiro hagati y’u Rwanda na DRC bigamije amahoro arambye.

Faure Essozimna Gnassingbé ni Umuhuza wagenwe na Afurika yunze Ubumwe, mu kibazo kiri hagati ya Congo Kinshasa n’u Rwanda.

Abahuza ayoboye nabo bazagera mu Rwanda mu gihe gito kiri imbere, abo bakaba ari Olusegun Obasanjo, wayoboye Nigeria; Sahle-Work Zewde wayoboye Ethiopia; Dr Mokgweetsi Eric Keabetswe Masisi wayoboye Botswana; Catherine Samba-Panza na Jomo Kenyatta wayoboye Kenya.

Intumwa ziri muri iyi gahunda zabanje i Kinshasa, ubu zikurikijeho u Rwanda  nyuma zikazajya mu Burundi.

TAGGED:AfurikaCongofeaturedNduhungireheUrugwiro
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mobicash Yabaye Ihagaritswe 
Next Article Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umukinnyi Ukomeye Wa Kepler WBBC Yaguzwe Na REG WBBC

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Umuhuza Wa Afurika Yunze Ubumwe Mu Kibazo Cy’u Rwanda Na DRC Ari i Kigali

Mobicash Yabaye Ihagaritswe 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

‘Board Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Kigali: Umusore Yishe Mugenzi We Amuziza Umukobwa

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

DRC: Guverinoma Irashaka Kwisubiza Bunagana Kugeza Uvira

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Inama Y’Igihugu Y’Umushyikirano Iragarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?