Umukunzi Wa Miss Naomie Yafashe Irembo

Michael Tesfay usanzwe ari umukunzi wa Miss  Naomie Nishimwe yafashe irembo iwabo wa Miss Nishimwe.

Uyu mukobwa yari aherutse kubwira itangazamakuru ko ubukwe bwe n’umukunzi we buzaba mu mpera z’umwaka wa 2024.

Abajijwe uko yasobanura umukunzi we, Nishimwe yigeze kuvuga  ko Tesfay ari “umuhungu wicisha bugufi”.

Ngo ntameze nk’abandi bose.

- Advertisement -

Yabajijwe igihe ubukwe bwe n’uwo musore wo muri Ethiopia undi yavuze ko buzaba mu Ukuboza, 2024 ariko yirinda kuvuga italiki nyayo.

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version