Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuntu Ufite Ubumuga Yaremwe N’Imana Nk’Uko Nawe Yakuremye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'Abaturage

Umuntu Ufite Ubumuga Yaremwe N’Imana Nk’Uko Nawe Yakuremye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 March 2021 12:47 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuhanzi Enock Hagumubuzima aherutse gusohora indirimbo irimo ubutumwa bw’uko abafite ubumuga nabo ari abantu nk’abandi, ko bagomba kwitabwaho ntibateshwe agaciro.

Yabwiye Taarifa ko kugira ngo amenye neza ibibazo by’abafite ubumuga byamusabye kubasanga aho baba, haba mu cyaro ni ukuvuga mu murenge wa Maraba mu Karere ka Huye no mu kigo cy’abafite ubumuga kitwa Inshuti z’Abakene kiri mu Karere ka Kicukiro.

Avuga ko ubwo yasuraga abaturage bo muri Maraba yasanze ababyeyi b’abana bafite ubumuga bahura n’ikibazo cyo gutinya ko abaturanyi bamenya ko babyaye abana bafite ubumuga.

Ati: “Ikibazo   ni uko ababyeyi batiyumvamo abana babo babyaye bafite ubumuga kubera ko baba banga ko abaturanyi babimenya bakabaseka, ibiganiro twagiranye byatweretse ko usibye guhabwa akato kwabo babyeyi, binatuma abana bahezwa mu ngo.”

Enock Hagumubuzima yavuze  nyuma y’igihe runaka basubiyeyo bagiye kuremera ababyeyi babaha ihene 34 zigenewe imiryango 34.

Avuga ko ziriya hene zagiriye akamaro abagize iriya miryango babona ifumbire kandi bituma abantu babona ko bariya bana bafite agaciro.

Yasanze koroza iriya miryango bidahagije ahitamo no gutanga ubutumwa bw’uko abafite ubumuga bafite agaciro abinyujije mu ndirimbo.

Avuga ko abana bafite ubumuga nabo ari abantu nk’abandi

Iyo ndirimbo yise ‘ Ijwi ry’abafite ubumuga.’

Muri iriya ndirimbo yashyizemo amashusho y’abafite ubumuga butandukanye burimo abafite ubwo kutabona, abafite ubw’ingingo, ubukomatanyije  no kutumva no kutavuga.

Ikindi ni uko iriya ndirimbo ifite ibisobanuro hasi by’Icyongereza ndetse n’umuntu usemurira abafite ubumuga bwo kutumva.

Enock Hagumubuzima atuye mu Kagari ka Gihara, Umurenge wa Runda mu Karere ka Kamonyi.

Indirimbo ya Enock Hagumubuzima:

TAGGED:featuredHagumakubahoHuyeKicukiroUbumugaUmuhanzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Macron Agiye Gushyikirizwa Raporo Ku Ruhare Rw’u Bufaransa Muri Jenoside Yakorewe Abatutsi
Next Article Canada Yagobotse Impunzi Mu Rwanda Nyuma Y’uko Ibiribwa Bigabanyijweho 60%
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?