Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyakenya Yishe Umunyarwanda Bapfa Inkumi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umunyakenya Yishe Umunyarwanda Bapfa Inkumi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 August 2023 4:01 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyarwanda witwa Rubayita Riga usanzwe usiganwa mu marushanwa yo kwiruka yarwanye n’Umunyakenya witwa  Dancan Khamala, biza kuviramo urupfu.

Ikinyamakuru kitwa Kenya Report nicyo cyatangaje iby’urwo rupfu, kivuga ko buriya bushyamirane bwabereye ahitwa Iten usanzwe ari ihuriro abakina umukino wo kwiruka ku maguru bajya kwitorezamo.

Ibyavuye mu iperereza ry’ibanze byerekana ko bapfaga umukobwa w’ikizungerezi.

Polisi yafashwe uwo munya Kenya kugira ngo abazwe hanyuma barebe niba yakorerwa dosiye.

Amakuru avuga ko uyu munyakenya yagize ati: “Uyu mugore yari umugore wanjye. Yigeze kujya mu rukundo n’Umunyarwanda ariko bari barashwanye mu gihe cy’amezi nka abiri ashize. Kuwa kane w’icyumweru gishize, uyu munyamahanga aza kwiyenza muri salon yanjye  ahita agenda.Sinzi icyo yashakaga.”

Yavuze ko  uyu munyarwanda yari yaratandukanye n’uwo bari kumwe mu rukundo mbere yuko ajya kubana nawe.

TAGGED:featuredKenyaRwandaUmukobwa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Abakozi Bo Mu Rugo Bangana Na 3,9% By’Abafite Akazi
Next Article Bibiliya Mu Rwanda Ziri Gukendera
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?