Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyakenya Yishe Umunyarwanda Bapfa Inkumi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umunyakenya Yishe Umunyarwanda Bapfa Inkumi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 August 2023 4:01 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyarwanda witwa Rubayita Riga usanzwe usiganwa mu marushanwa yo kwiruka yarwanye n’Umunyakenya witwa  Dancan Khamala, biza kuviramo urupfu.

Ikinyamakuru kitwa Kenya Report nicyo cyatangaje iby’urwo rupfu, kivuga ko buriya bushyamirane bwabereye ahitwa Iten usanzwe ari ihuriro abakina umukino wo kwiruka ku maguru bajya kwitorezamo.

Ibyavuye mu iperereza ry’ibanze byerekana ko bapfaga umukobwa w’ikizungerezi.

Polisi yafashwe uwo munya Kenya kugira ngo abazwe hanyuma barebe niba yakorerwa dosiye.

Amakuru avuga ko uyu munyakenya yagize ati: “Uyu mugore yari umugore wanjye. Yigeze kujya mu rukundo n’Umunyarwanda ariko bari barashwanye mu gihe cy’amezi nka abiri ashize. Kuwa kane w’icyumweru gishize, uyu munyamahanga aza kwiyenza muri salon yanjye  ahita agenda.Sinzi icyo yashakaga.”

Yavuze ko  uyu munyarwanda yari yaratandukanye n’uwo bari kumwe mu rukundo mbere yuko ajya kubana nawe.

TAGGED:featuredKenyaRwandaUmukobwa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Abakozi Bo Mu Rugo Bangana Na 3,9% By’Abafite Akazi
Next Article Bibiliya Mu Rwanda Ziri Gukendera
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Burera: Abagabo 12 Barakekwaho Gushimuta Inka Mu Minsi Mikuru  

Amafoto: Abaturage Ba Ngoma Bishwe N’Inkuba Bashyinguwe

Uko Umusaruro W’Ibihingwa Wagenze Mu Gihembwe Cya Nyuma Cya 2025

Centrafrique: Touadéra Yongeye Gutsinda Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

Urutonde Rw’Ibyo Trump Asaba Umuyobozi Mushya Wa Venezuela

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Karongi: Bwa Mbere Mu Mateka Harasiwe Umwaka

Gisagara: Haturikijwe Grenade Abaturage Bacikamo Igikuba 

Asanga Hakwiye Kujyaho Itorero ‘Ryihariye’ Ry’Abagabo

RIB Yafunze ‘Umunyamakuru’ Ukurikiranyweho Urugomo

Rulindo: Yari Amaze Igihe Acurururiza Urumogi Iwe

You Might Also Like

Ubukungu

Gusura Ingagi Umunyarwanda Azishyura $200, Mu Zindi Pariki Byifashe Bite?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Kagame Yashimiye Doumbouya Watorewe Kuyobora Guinée

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Amerika Irototera Kuzakorera Iran Nk’Ibyo Yakoreye Venezuela

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ifatwa Rya Maduro Ryatumye Igiciro Cya Zahahu N’ifeza Kizamuka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?