Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyamabanga Nshingwabikorwa W’Akarere Ka Ngoma Yafungiwe Ruswa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umunyamabanga Nshingwabikorwa W’Akarere Ka Ngoma Yafungiwe Ruswa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 October 2023 8:47 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abagenzacyaha bafatiye mu cyuho RIB yafatiye mu cyuho Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akarere ka Ngoma ndetse n’Umuyobozi ushinzwe Ishami ry’ibikorwaremezo n’ubutaka muri aka Karere bari kwakira ruswa nk’uko RIB yabitangarije kuri X.

Kuri uru rubuga handitse ko abo bagabo bombi bari bagiye kwakira ruswa ya Frw 5,000,000 kugira ngo batange icyangombwa cyo kubaka.

Umwe muri bo afungiye kuri Station ya RIB mu Murenge wa Remera mu gihe undi afungiye kuri station ya Kicukiro.

Dosiye zabo ngo zatangiye gutunganywa ngo zizagezwe mu bushinjacyaha.

Ubugenzacyaha busaba abaturarwanda kwitandukanya na ruswa no gutanga amakuru buri gihe cyose bayisabwe cyangwa bamenye uyisaba cyangwa uyitanga.

Ibi bivuzwe hashize igihe gito hari umunyamakuru utawe muri yombi bivugwa ko yari agiye kwakira ruswa ya Frw 500,000.

TAGGED:featuredNgomaRIBUbugenzacyahaUbutaka
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Yahya Sinwar: Nomero Ya Mbere Israel Ishaka Kwivugana
Next Article Ambasaderi W’u Rwanda Mu Bushinwa Amaze Kuba Icyamamare
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?