Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyamakuru Wa Reuters Yirukanywe ‘Shishi Itabona’ Muri DRC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umunyamakuru Wa Reuters Yirukanywe ‘Shishi Itabona’ Muri DRC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 November 2022 7:49 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubuyobozi bwa DRC bwafashe umwanzuro wihutirwa wo kwirukana shishi itabona Umufaransakazi wari usanzwe ukorera Ibiro ntaramakuru by’u Bufaransa k’ubutaka bw’iki gihugu ariko akaba yari aherutse kujya muri Reuters. Nta mpamvu bigeze bamubwira itumye acibwa muri DRC!

Uyu mugore yari amaze igihe gito atangiye no gukorera Reuters nk’uko RFI yabyanditse ku rubuga rwayo.

Kuri uyu wa Gatatu nibwo Rolley yahamagajwe ku Biro bishinzwe abinjira n’abasohoka, ahageze bamwaka passport ye, abasirikare baramuherekeza bamwuriza indege ijya Addis Ababa, aho ahita afata indi imucyura iwabo i Paris.

Yirukanywe mu buryo bita ‘manu militari’ ni ukuvuga hakoreshejwe ikiganza, imbaraga za gisirikare.

Reuters ivuga ko uriya mugore azakomeza gukurikirana ibibera muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo kandi ko azabikora kinyamwuga, nta ruhande ahengamiyemo cyangwa ngo yirengagize.

Sonia Rolley

Sonia Rolley  yari aherutse gutangaza inkuru icukumbuye ku inyerezwa ry’amafaranga menshi  yibwe mu cyo abanyamakuru bise ‘Congo Hold Up’.

 

TAGGED:BufaransaDRCIndegeUmunyamakuru
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Indege u Burusiya Bwahaye DRC Zacanye Umuriro Kuri M23
Next Article Muri Afurika, Abantu 100 Basaranganya Ibiribwa Bya Batanu- Raporo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Muramu Wa Vital Kamerhe Niwe Mukandida Wo Kumusimbura Kuyobora Inteko

Mu Bufaransa Haraba Inama Ikomeye Ku Bibazo Biri Mu Karere u Rwanda Ruherereyemo

Tanzania: Mu Matora Y’Uwasimbura Samia Suluhu Havutse Imvururu Zikomeye

U Rwanda Na Saudi Arabia Mu Gufasha Abaturage Gutekesha Gazi 

Kagame Yaganiriye N’Ubuyobozi Bw’Ihuriro Rw’Ubukungu Ku Isi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Umunyarwanda Uterura Ibiremereye Kurusha Abandi Agiye Kuruhagararira Mu Misiri

Uburundi, Ububiligi, DRC, Amerika… -Nduhungirehe Asobanura Uko U Rwanda Rubanye Nabyo

Huye: Urubyiruko Rwahawe Ibibuga By’Imikino Bikozwe Na Croix Rouge Y’u Rwanda 

Byaba Byagenze Gute Ngo Amerika Ihagarike Gukorana Na Israel?

Kamala Harris Aracyashaka Kuba Perezida Wa Amerika 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Tanzania: Baratora Perezida N’Abadepite 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi Mpuzamahanga

Trump Arashaka Gukura Ubushinwa Ku Ntebe Y’Isi Mu Kugura Amabuye Y’Agaciro ‘Adasanzwe’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Kenya: Abantu 12 Baguye Mu Mpanuka Y’Indege

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Biya Agiye Kongera Kuyobora Cameroun Muri Manda Izarangira Afite Hafi Imyaka 100

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?