Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyamakuru Wa Reuters Yirukanywe ‘Shishi Itabona’ Muri DRC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umunyamakuru Wa Reuters Yirukanywe ‘Shishi Itabona’ Muri DRC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 November 2022 7:49 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubuyobozi bwa DRC bwafashe umwanzuro wihutirwa wo kwirukana shishi itabona Umufaransakazi wari usanzwe ukorera Ibiro ntaramakuru by’u Bufaransa k’ubutaka bw’iki gihugu ariko akaba yari aherutse kujya muri Reuters. Nta mpamvu bigeze bamubwira itumye acibwa muri DRC!

Uyu mugore yari amaze igihe gito atangiye no gukorera Reuters nk’uko RFI yabyanditse ku rubuga rwayo.

Kuri uyu wa Gatatu nibwo Rolley yahamagajwe ku Biro bishinzwe abinjira n’abasohoka, ahageze bamwaka passport ye, abasirikare baramuherekeza bamwuriza indege ijya Addis Ababa, aho ahita afata indi imucyura iwabo i Paris.

Yirukanywe mu buryo bita ‘manu militari’ ni ukuvuga hakoreshejwe ikiganza, imbaraga za gisirikare.

Reuters ivuga ko uriya mugore azakomeza gukurikirana ibibera muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo kandi ko azabikora kinyamwuga, nta ruhande ahengamiyemo cyangwa ngo yirengagize.

Sonia Rolley

Sonia Rolley  yari aherutse gutangaza inkuru icukumbuye ku inyerezwa ry’amafaranga menshi  yibwe mu cyo abanyamakuru bise ‘Congo Hold Up’.

 

TAGGED:BufaransaDRCIndegeUmunyamakuru
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Indege u Burusiya Bwahaye DRC Zacanye Umuriro Kuri M23
Next Article Muri Afurika, Abantu 100 Basaranganya Ibiribwa Bya Batanu- Raporo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu mahangaUbuzima

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?