Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyamerika Ukinira APR BBC Yabaye Umunyarwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoMu Rwanda

Umunyamerika Ukinira APR BBC Yabaye Umunyarwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 July 2025 12:08 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Obadiah Noel umukinnyi wakiniye APR Basketball Club mu mikino ya Basketball Africa League [BAL], yatangaje ko yishimiye kuba Umunyarwanda nyuma yo guhabwa indangamuntu nyarwanda.

Uyu musore w’imyaka 26 yanditse kuri Instagram ko ari inzozi yakabije.

Ati: “Nshimishijwe no kuba Umunyarwanda.”

Uyu Munyamerika yabaye n’Umunyarwanda

Uyu musore yakinnye neza mu mikino APR BBC iherutse gukina muri BAL yaberaga muri Afurika y’Epfo ari naho iya nyuma y’iri rushanwa yabereye.

Yagize uruhare rugagaragara mu kugeza APR BBC muri kimwe cya kabiri cy’iri rushanwa.

Obadiah Noel yavutse Tariki 28, Kamena, 1999, avukira ahitwa Frederick muri Leta ya Maryland, USA.

Mu mashuri yisumbuye niho yatangiriye gukina Basketball ndetse yigeze no kuba umukinnyi watsinze byinshi ahitwa UMass Lowell.

Yarangije amashuri yisumbuye atsinze ibitego byose hamwe 1,500.

Mu mwaka wa 2021 yashyizwe ku rutonde rw’agateganyo rw’abakinnyi bemewe muri NBA(National Basketball Association) akinira Raptors 905 na Westchester Knicks yo mu itsinda G rya NBA League.

Mu mwaka wa 2024 nibwo yatangiye gukinira APR BBC aza kuba umwe muri ba myugariro bitwaye neza muri BAL 2025.

Abamuzi bavuga ko ari umwe mu bakinnyi bafite impano yo kumenya gutsinda no mu mimerere igoye.

TAGGED:AmerikaAPR FCUmukinnyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Cyazamutse, Imisoro Mishya Yatangiye
Next Article Iran Yahagaritse Imikoranire N’Ikigo Mpuzamahanga Cy’Ingufu Nikileyeri
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Kabila Arasomerwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Abageni Bwari Bucye Basezerana Bakubiswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Rulindo: Yafatanywe Ayo Kwishyura Abacukura Amabuye Mu Buryo Butemewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?