Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyamerika Ukinira APR BBC Yabaye Umunyarwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoMu Rwanda

Umunyamerika Ukinira APR BBC Yabaye Umunyarwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 July 2025 12:08 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Obadiah Noel umukinnyi wakiniye APR Basketball Club mu mikino ya Basketball Africa League [BAL], yatangaje ko yishimiye kuba Umunyarwanda nyuma yo guhabwa indangamuntu nyarwanda.

Uyu musore w’imyaka 26 yanditse kuri Instagram ko ari inzozi yakabije.

Ati: “Nshimishijwe no kuba Umunyarwanda.”

Uyu Munyamerika yabaye n’Umunyarwanda

Uyu musore yakinnye neza mu mikino APR BBC iherutse gukina muri BAL yaberaga muri Afurika y’Epfo ari naho iya nyuma y’iri rushanwa yabereye.

Yagize uruhare rugagaragara mu kugeza APR BBC muri kimwe cya kabiri cy’iri rushanwa.

Obadiah Noel yavutse Tariki 28, Kamena, 1999, avukira ahitwa Frederick muri Leta ya Maryland, USA.

Mu mashuri yisumbuye niho yatangiriye gukina Basketball ndetse yigeze no kuba umukinnyi watsinze byinshi ahitwa UMass Lowell.

Yarangije amashuri yisumbuye atsinze ibitego byose hamwe 1,500.

Mu mwaka wa 2021 yashyizwe ku rutonde rw’agateganyo rw’abakinnyi bemewe muri NBA(National Basketball Association) akinira Raptors 905 na Westchester Knicks yo mu itsinda G rya NBA League.

Mu mwaka wa 2024 nibwo yatangiye gukinira APR BBC aza kuba umwe muri ba myugariro bitwaye neza muri BAL 2025.

Abamuzi bavuga ko ari umwe mu bakinnyi bafite impano yo kumenya gutsinda no mu mimerere igoye.

TAGGED:AmerikaAPR FCUmukinnyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Cyazamutse, Imisoro Mishya Yatangiye
Next Article Iran Yahagaritse Imikoranire N’Ikigo Mpuzamahanga Cy’Ingufu Nikileyeri
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbuzima

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?