Umunyarwanda Yakuwe Muri Tour Du Rwanda Kuko Yafashe Ku Modoka

Uwo ni Ngendahayo Jérémie usanzwe ukinira May Stars.Yakuwe muri iri siganwa mu gace ka Kane ka Karongi-Rubavu nyuma yo gufata ku modoka.

Hejuru y’ibi kandi yaciwe amande ya Frw 290,000 anakurwaho amanota 50 ku rutonde rw’Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare ku Isi, UCI.

Twababirwa ko agace ka Karongi Rubavu kuri uyu wa Gatatu katwawe n’Umubiligi William Junior Lecerf. Asanzwe akinira ikipe ya Soudal Quick-Step Devo.

Yabaye Umubiligi wa kabiri utwaye etape muri Tour du Rwanda ya 2024 ibaye ku nshuro ya 16.

- Advertisement -
Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version