Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyarwanda Yapfiriye Muri Bisi Muri Uganda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umunyarwanda Yapfiriye Muri Bisi Muri Uganda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 February 2024 7:35 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu ntangiriro z’Icyumweru kiri burangire kuri uyu 04, Gashyantare, i Kisoro muri Uganda haguye Umunyarwanda, apfira muri bisi yavaga i Kampala igana i Kisoro.Yitwa Tuyizere James akaba akomoka mu Murenge wa Jenda mu Karere ka Nyabihu.

Imodoka yaguyemo ni bisi ya Horizon ifite pulake UAM 218H.

Umwe mu bagenzi yitwa Hamis Magumu yabwiye Daily Monitor ko nyakwigendera yari yicaye uruhande rwe aza gufatwa n’uburwayi aruka mu modoka, ibyo bikaba byarabaye bari hafi kugera Ntungamo.

Yabwiye iki kinyamakuru ati: “ Nari nicaranye n’uyu mugabo mbere y’uko ajya kwica inyuma. Yararukaga cyane , kuva yatangira kwinjira mu modoka mu mujyi wa Kampala mbere yuko dutangira urugendo rujya Kisolo. Iyo shoferi amenya iby’uburwayi bwe ahari yari kurokora ubuzima bwe.”

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Umuyobozi wa Polisi ushinzwe ibikorwa by’iperereza muri Kabale, Hakim Mukasa, yavuze ko iki kibazo cyagejejwe kuri sitasiyo ya polisi ya Kabale, ikaba ariyo iri kubikurikirana.

Umurambo wa nyakwigendera wajyanywe mu buruhukiro bw’ibitaro bya Kabare.

TAGGED:BisiUgandaUmunyarwandaUrupfu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Avuga Ko Ubuyobozi u Rwanda Rufite Aribwo Rwari Rukwiye
Next Article Amerika Yatangiye Kwihorera Ku Bishe Abasirikare Bayo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ibya Israel Na Syria Byajemo Kidobya

U Rwanda Rugiye Gufungura Ambasade Muri Algeria

Uko Ibipimo By’Imibereho Y’Abatuye Umujyi Wa Kigali Bihagaze

DRC: Abasirikare Ku Rugamba Barya Mu Minsi 15 Gusa

Ubuzima, Uburezi…Inkingi Z’Umubano W’u Rwanda N’Ubusuwisi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

U Rwanda Rugiye Kubaka Uruganda Rubyaza Izuba Amashanyarazi Ya Mega Watt 30

RDB Yagize Icyo Ivuga Ku Ntambara Ya DRC

Tshisekedi Arahihibikanira Ko DRC Ijya Mu Kanama Ka UN K’Amahoro Ku Isi

Abayahudi Baramagana Ibyo Israel Ikorera Muri Gaza

Kabila Aragisha Inama Inararibonye Z’i Goma

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Cardinal Kambanda Ari Muri Uganda Mu Kuzirikana Abahowe Imana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Burundi: Abanyamakuru Bahawe Umuburo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Israel Irakoresha Ibifaro Bitarimo Ingabo Mu Ntambara Na Hamas

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Miliyari $1 Yashowe Mu Gisirikare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?