Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyarwanda Yarasiwe Muri Mozambique
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umunyarwanda Yarasiwe Muri Mozambique

Last updated: 14 September 2021 9:43 am
Share
SHARE

Révocat Karemangingo wabaga muri Mozambique yarasiwe mu murwa mukuru Maputo yitaba Imana, Polisi ikaba yatangiye iperereza.

Amakuru avuga ko uwo mugabo wabaga muri Mozambique nk’impunzi, yarashwe kuri uyu wa 13 Nzeri ubwo yari mu nzira yerekeza iwe mu gace ka Liberdade, ari mu modoka yo mu bwoko bwa Toyota Vitz.

Ngo imodoka ebyiri zahise zimwitambika imwe imbere indi inyuma, araswa amasasu menshi n’abantu bari mu modoka ya Toyota Fortuner.

Uwo mugabo yishwe nyuma y’uko mu 2019, Louis Baziga wahoze ahagarariye diaspora y’u Rwanda muri Mozambique na we yishwe arashwe n’abantu bataramenyekana.

Karemangingo wari usanzwe akora ubucuruzi ni umwe mu bakomeje kugarukwaho ku rupfu rwa Baziga.

Yabaye mu ngabo za kera zitwaga FAR (Forces Armes Rwandais), aho yahunze mu 1994 afite ipeti rya Lieutenant.

Muri Mozambique hakunze kuvugwa ubwumvikane buke mu banyarwanda barimo benshi bahunze igihugu, ubu bakorana n’imitwe y’iterabwoba irimo RNC ya Kayumba Nyamwasa.

Bakunda kwibasira bagenzi babo babashinja kuba ba maneko b’u Rwanda.

Ibyo bikajyana no kurebana ay’ingwe mu mpunzi ubwazo, bishingiye ku makimbirane aturuka ku bikorwa byabo cyangwa ubucuruzi .

Muri Mozambique habarirwa Abanyarwanda bagera mu 3000 batuye mu bice bitandukanye by’iki gihugu. Muri Maputo habarizwa abarenga 1500.

TAGGED:featuredMaputoMozambiqueRévocat Karemangingo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article UN Yagejeje Kuri Leta Y’Abatalibani Ibikoresho Byo Kurinda Abaturage COVID-19
Next Article Mastercard Yatanze Miliyoni $55 Zizahesha Buruse Abanyeshuri 1200 Muri Kaminuza y’u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?