Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umutingito Washegeshe Ubushinwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umutingito Washegeshe Ubushinwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 December 2023 1:15 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abaturage bo mu misozi miremire yo mu Majyaruguru y’Uburengerezuba bw’Ubushinwa bari mu kaga katewe n’umutingito wahitanye abantu 118 ariko bashobora kuza kwiyongera.

Itangazamakuru ryo mu Bushinwa rivuga ko uyu mutingito ari wo uhitanye abantu benshi mu myaka 10 ishize.

Wari ufite igipimo cya 6.2 ku gipimo cya Ritcher.

Si inzu gusa zahirimye ahubwo  hari n’inkangu zahirimanye  imiturirwa yo muri ako gace.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Abibasiwe cyane ni abo mu Ntara ya Qinghai, ubu abantu 113 nibo bapfuye ariko hari n’abandi 20 baburirwe irengero mu gihe abakomeretse barenga 500.

Iki nicyo gice kibasiwe cyane

Mu gitondo abantu 105 nibo bari bamaze kubarurwa ko bahitanywe n’uriya mutingito.

Ni umutingito wageze mu bice bya Lanzhou, mu Ntara ya Gansu.

Abanyeshuri bo muri Kaminuza yo mu gace ka Lanzhou baraye biruka bahunga ngo inyubako z’iyo Kaminuza zitabagwira.

Mu mwaka wa 2013 mu Bushinwa habaye undi mutingito wahitanye 196.

- Advertisement -

Amateka yerekana ko umutingito wahitanye abantu benshi mu Bushinwa wabaye mu mwaka wa 2008 icyo gihe ukaba warahitanye abantu 90,000.

TAGGED:AbantuBushinwafeaturedUmutingito
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kurandura Ihohotera Bisaba Kubanza Kumva Neza Icyo Ari Cyo- DIGP Ujeneza
Next Article Perezida Kagame Yatanze Ipeti Rya Major General Ku Bajenerali Bane
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?