Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umutingito Washegeshe Ubushinwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umutingito Washegeshe Ubushinwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 December 2023 1:15 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abaturage bo mu misozi miremire yo mu Majyaruguru y’Uburengerezuba bw’Ubushinwa bari mu kaga katewe n’umutingito wahitanye abantu 118 ariko bashobora kuza kwiyongera.

Itangazamakuru ryo mu Bushinwa rivuga ko uyu mutingito ari wo uhitanye abantu benshi mu myaka 10 ishize.

Wari ufite igipimo cya 6.2 ku gipimo cya Ritcher.

Si inzu gusa zahirimye ahubwo  hari n’inkangu zahirimanye  imiturirwa yo muri ako gace.

Abibasiwe cyane ni abo mu Ntara ya Qinghai, ubu abantu 113 nibo bapfuye ariko hari n’abandi 20 baburirwe irengero mu gihe abakomeretse barenga 500.

Iki nicyo gice kibasiwe cyane

Mu gitondo abantu 105 nibo bari bamaze kubarurwa ko bahitanywe n’uriya mutingito.

Ni umutingito wageze mu bice bya Lanzhou, mu Ntara ya Gansu.

Abanyeshuri bo muri Kaminuza yo mu gace ka Lanzhou baraye biruka bahunga ngo inyubako z’iyo Kaminuza zitabagwira.

Mu mwaka wa 2013 mu Bushinwa habaye undi mutingito wahitanye 196.

Amateka yerekana ko umutingito wahitanye abantu benshi mu Bushinwa wabaye mu mwaka wa 2008 icyo gihe ukaba warahitanye abantu 90,000.

TAGGED:AbantuBushinwafeaturedUmutingito
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kurandura Ihohotera Bisaba Kubanza Kumva Neza Icyo Ari Cyo- DIGP Ujeneza
Next Article Perezida Kagame Yatanze Ipeti Rya Major General Ku Bajenerali Bane
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rulindo: Yari Amaze Igihe Acurururiza Urumogi Iwe

Gisagara: Haturikijwe Grenade Abaturage Bacikamo Igikuba 

Ubusuwisi: Abantu 40 Bahiriye Mu Kabari 

Karongi: Bwa Mbere Mu Mateka Harasiwe Umwaka

Ingwe: Inyamaswa Ibayeho Icunganwa N’Intare

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

Bunyoni Ararembye

Kigali: Yadukiriye Imodoka Ziparitse Mu Mujyi Azimena Ibirahure Atarobanura

Rwanda: Undi Mupolisi Yishwe N’Umuntu Wamugonze

Icyongereza Gike, Imiyoborere Idahwitse…Bimwe Mu Byatumye Abayobora Amashuri Birukanwa

You Might Also Like

Mu mahanga

Guinée: Bidasubirwaho Mamadi Doumbouya Yatsinze Amatora

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Asanga Hakwiye Kujyaho Itorero ‘Ryihariye’ Ry’Abagabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Muhanga: Umunyamategeko Yakatiwe Gufungwa Imyaka 15

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Rutaremara Agaya Ababyeyi Bahariye Abayaya Uburere Bw’Abana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?