Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umutoza Louis Van Gaal Arwaye Cancer Y’Ubugabo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Umutoza Louis Van Gaal Arwaye Cancer Y’Ubugabo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 April 2022 8:52 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri iki Cyumweru Umutoza ukomoka mu Buholandi witwa Louis Van Gaal yatangarije kuri televiziyo ko ibizamini by’abaganga byerekenye ko arwaye cancer y’ubugabo, ni iyo bita prostate cancer.

Yabitangarije  mu kiganiro kitwa Humberto.

Uyu mugabo w’imyaka 70 y’amavuko yavuze ko n’ubwo ari uko bimeze, atazabura gukomeza gukora akazi ke ko gutoza.

Kuri iriya televiziyo yagize ati: “ Ni kenshi nacungaga ku jisho abakinnyi banjye nkajya kwa muganga kwisuzumisha ngo berebe uko merewe. Nageragezaga kubereka ko nta kibazo mfite ariko siko bimeze. Ndarwaye…”

Avuga ko n’ubwo yizeye ko iriya cancer itazamuhitana, ariko ngo igeze ku rwego rukomeye.

Van Gaal avuga ko azakomeza akazi ke ndetse ngo afite gahunda yo kugeza ikipe  ye kure mu marushanwa y’igikombe cy’isi azabera muri Qatar .

Ikipe y’igihugu y’u Buholandi ku ikubitiro izahura na Senegal na Equateur.

Louis Van Gaal agiye kumara imyaka 40 ari umutoza w’amakipe akomeye arimo Mancester United, FC Barcelona n’andi.

Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Arasura Zambia
Next Article RIB Irihanangiriza Abashyira Abana Ku Mbungankoranyambaga Babashako Amaronko
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ofisiye Ba Israel Bategetswe Gukoresha Mu Kazi iPhones Gusa 

I Rulindo Ngo Bagira Isuku Nyinshi

Indonesia: Abahitanywe N’Imyuzure Bamaze Kugera Kuri 414

Tshisekedi Hari Ibyo Avuga Ko Atazasinyira i Washington

Uburayi: Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Baganiriye Ku Iterambere Ry’u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Ikipe Y’u Rwanda Ya Basketball Yakubiswe Incuro Ku Mukino Wa Mbere Ugana Ku Gikombe Cy’Isi

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

You Might Also Like

Imikino

U Rwanda Rurakina Na Guinea Rushaka Tike Y’Igikombe Cy’Isi Muri Basketball

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Ibyishimo Bya Kagame Kubera Intsinzi Ya Arsenal

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Kapiteni Wa Kiyovu Sports Yahaniwe Imyitwarire Mibi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Abanya Eritrea Baba Muri Amerika Baje Gushora Mu Mikino Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?