Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umutoza Mukuru Mushya Wa Rayon Yageze i Kigali
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Umutoza Mukuru Mushya Wa Rayon Yageze i Kigali

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 July 2023 8:04 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunya Tunisia Yamen Zelfani yageze ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kigali azanywe no gutoza Rayon Sports.

Iyi kipe ni imwe mu zifite abafana benshi mu Rwanda kandi muri iki gihe abayizi bavuga ko ihagaze neza nyuma yo gutwara igikombe cy’Amahoro itsinze APR FC.

Ku kibuga cy’indege umutoza Yamen yabwiye itangazamakuru ko azanywe no kuzamura urwego rwa Rayon Sports ikagira izina mu mupira w’amaguru ku rwego rw’Afurika.

Ubwo yari akigera ku kibuga

Kuri Twitter, Rayon Sports yatangaje ko Yamen Zelfani ari buhite atangira gutoza abakinnyi be kuri uyu wa Kabiri taliki 18, Nyakanga, 2023.

Ku kibuga cy’indege yakiriwe n’umuvugizi mushya wa Rayon Sports Ngabo Roben.

Hagati aho Rayon Sports yaraye yakiriye umutoza mushya ushinzwe kongerera imbaraga abakinnyi ukomoka muri  Afurika y’Epfo witwa Ayabonga Lebitsa bita “SMASH” .

Ayabonga Lebitsa bita “SMASH”

Nawe akazi ke aragatangira kuri uyu wa Kabiri.

TAGGED:AbakinnyiImyitozoRayonTunisiaUmutoza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Tshisekedi Yashyizeho Umuyobozi Mushya Wa Polisi Y’i Kinshasa
Next Article Umuyobozi Wa Polisi Ya Singapore Yasuye Iy’u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Ba BBC Baravugwaho Kubeshyera Trump 

Guhangana N’Imihindagurikire Y’Ikirere Bizahenda u Rwanda

Imidugararo Y’Amatora Muri Cameroun Yatumye Ibiciro Muri Centrafrique Bizamuka

Nyamasheke: Abaturage Barasaba Kugabanyirizwa Tike Y’Ubwato Bubafasha Kujya Guhaha

Harabura 5% Ngo Ubumwe N’Ubwiyunge Mu Banyarwanda Bube 100%

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Nyarugenge: Polisi Yafashe Abanigaga Abantu Mu Ijoro Batashye

Kagame Ari Muri Qatar Mu Kwigira Hamwe N’Abandi Icyarushaho Guteza Imbere Isi

Dagalo Uvugwaho Gukora Jenoside Muri Sudani Ni Muntu Ki?

Kuri Perezida Kagame Nta Terambere Rirambye Igihe Umuturage Ahejwe

You Might Also Like

Imikino

Imwe Mu Makipe Yo Muri Sudani Yikuye Muri Shampiyona Y’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umunyarwanda Uterura Ibiremereye Kurusha Abandi Agiye Kuruhagararira Mu Misiri

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoIzamamazaMu Rwanda

Huye: Urubyiruko Rwahawe Ibibuga By’Imikino Bikozwe Na Croix Rouge Y’u Rwanda 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Iteramakofe: Mukazayire Yasabye Ikipe Y’u Rwanda Kuzatahana Imidali

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?