Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuyaga Ugiye Kubyazwa Imbaraga Zitwara Ubwato Bwo Mu Nyanja
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ikoranabuhanga

Umuyaga Ugiye Kubyazwa Imbaraga Zitwara Ubwato Bwo Mu Nyanja

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 March 2023 11:54 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikoranabuhanga rigezweho muri iki gihe riri gukora uko rishoboye ngo hakorwe imashini zitanga amashanyarazi akomoka ku muyaga azajya atwara ubwato.

Abahanga bavuga ko ubwato bugezweho muri iki gihe bukenera ibikomoka kuri petelori nyinshi bikagira uruhare mu gutuma ikirere gihumana cyane.

Kubera ko imihindagurikire y’ikirere ari ikintu gihangayikishije isi yose, umuti wo kugabanya icyutuma ikomeza gushyuha uzageragezwa kandi uterwe inkunga.

Ubwato buri gukorwa muri iki gihe buzahabwa uburyo bugaragara bwo gukoresha imbaraga z’amashanyarazi akomoka ku mbaraga zitangwa n’umuyanga bungana na 10% cyangwa 90% bitewe n’ubunini bw’inyanja bucamo n’imiyaga buhangana nayo.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Umuyaga ntugurwa kandi ugira imbaraga nyinshi iyo uciye mu Nyanja kurusha iyo ari i musozi.

Ubwato bwakozwe muri iki gihe, bwahawe ikoranabuhanga ribufasha gukusanya imbaraga zizanywe n’umuyaga rikawohereza mu byuma biwubyaza amashanyarazi.

Ayo mashanyarazi niyo atuma bugenda.

The Guardian ivuga ko kugeza ubu ubwato 20 ari bwo bwamaze gukoranwa iri koranabuhanga.

TAGGED:AmashanyarazifeaturedIkoranabuhangaUbwatoUmuyaga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Musanze: Yafatanywe Telefoni Yashakaga Kujya Kugurisha Muri DRC
Next Article Kamonyi: Imibiri Irenga 900 Y’Abazize Jenoside Ntirashyingurwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?