Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuyobozi Wa Airtel Muri Afurika Yahembwe Nk’Umuyobozi W’Ubucuruzi W’Umwaka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Izamamaza

Umuyobozi Wa Airtel Muri Afurika Yahembwe Nk’Umuyobozi W’Ubucuruzi W’Umwaka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 August 2021 5:52 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Segun Ogunsanya ni we watowe nk’umuyobozi w’ubucuruzi w’umwaka. Yahawe igihembo cyiswe 2021 African Business Leadership Awards (ABLA).

Uwatsinze agahabwa kiriya gihembo atangazwa mu kinyamakuru kitwa African Leadership Magazine.

Ku mwanya wa kabiri haje Simphiwe Tshabalala, uyobora Standard Bank Group yo muri Afurika y’Epfo.

Abatoraga rwiyemezamirimo w’umwaka bavuga ko uriya mugabo yagaragaje kuba indashyikirwwa mu byiciro byose byasuzumwaga.

Gutora kandi byabereye kuri murandasi, abahatoreye bakaba bari bafite 65% by’amajwi yari akenewe n’andi 35%.

Ku mbuga nkoranyambaga yatoye abantu 300 000 ariko hari n’abandi batoye bakoresheje ubutumwa bwa email.

Bamwe bari muri Afurika abandi bari hanze yayo.

Ogunsanya ni enjeniyeri akaba amaze imyaka 30 mu kazi yakoze hirya no hino ku isi no mu bigo bitandukanye harimo na za Banki.

Yatangiye gukorera Airtel ishami rya Nigeria mu mwaka wa 2014.

Ubu niwe uzayobora Airtel Africa Group guhera tariki ya 01, Ugushyingo, 2021.

TAGGED:AfurikaAirtelfeaturedNigeriaUmuyobozi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ambasaderi W’U Bufaransa Yahaye Canal + Intsinga Zihutisha Murandasi
Next Article U Bwongereza Bugiye Gusuzuma Icyemezo Cyafunze Ingendo Ziva Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

You Might Also Like

IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?