Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuyobozi Wa Airtel Muri Afurika Yahembwe Nk’Umuyobozi W’Ubucuruzi W’Umwaka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Izamamaza

Umuyobozi Wa Airtel Muri Afurika Yahembwe Nk’Umuyobozi W’Ubucuruzi W’Umwaka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 August 2021 5:52 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Segun Ogunsanya ni we watowe nk’umuyobozi w’ubucuruzi w’umwaka. Yahawe igihembo cyiswe 2021 African Business Leadership Awards (ABLA).

Uwatsinze agahabwa kiriya gihembo atangazwa mu kinyamakuru kitwa African Leadership Magazine.

Ku mwanya wa kabiri haje Simphiwe Tshabalala, uyobora Standard Bank Group yo muri Afurika y’Epfo.

Abatoraga rwiyemezamirimo w’umwaka bavuga ko uriya mugabo yagaragaje kuba indashyikirwwa mu byiciro byose byasuzumwaga.

Gutora kandi byabereye kuri murandasi, abahatoreye bakaba bari bafite 65% by’amajwi yari akenewe n’andi 35%.

Ku mbuga nkoranyambaga yatoye abantu 300 000 ariko hari n’abandi batoye bakoresheje ubutumwa bwa email.

Bamwe bari muri Afurika abandi bari hanze yayo.

Ogunsanya ni enjeniyeri akaba amaze imyaka 30 mu kazi yakoze hirya no hino ku isi no mu bigo bitandukanye harimo na za Banki.

Yatangiye gukorera Airtel ishami rya Nigeria mu mwaka wa 2014.

Ubu niwe uzayobora Airtel Africa Group guhera tariki ya 01, Ugushyingo, 2021.

TAGGED:AfurikaAirtelfeaturedNigeriaUmuyobozi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ambasaderi W’U Bufaransa Yahaye Canal + Intsinga Zihutisha Murandasi
Next Article U Bwongereza Bugiye Gusuzuma Icyemezo Cyafunze Ingendo Ziva Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti

Rwanda: 34% By’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Nibo Bateganyirizwa N’Abakoresha

Abanyarwanda Banywa Ikawa Ni 5%-NAEB

Harabura 5% Ngo Ubumwe N’Ubwiyunge Mu Banyarwanda Bube 100%

Abayobozi Ba BBC Baravugwaho Kubeshyera Trump 

You Might Also Like

Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwifatanyije Na Algeria Kwizihiza Isabukuru Y’Ubwigenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?