Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuyobozi Wa Airtel Rwanda Yacyuye Igihe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Izamamaza

Umuyobozi Wa Airtel Rwanda Yacyuye Igihe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 July 2021 3:55 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amit Chawla wayoboraga Ikigo gitanga serivisi z’itunamaho mu Rwanda Airtel Rwanda yarangije manda ye. Yatangiye kuyobora Airtel Rwa da tariki 31 Kanama 2018.

Mu byo yagezeho harimo kuzamura izina rya Airtel nyuma yo kugura icyahoze ari Tigo Rwanda kikinjizwa mu mikorere ya Airtel.

Chawla yakoze uko ashoboye atuma kiriya kigo kirushaho kumenyekana hirya no hino mu Rwanda binyuze mu bikorwa bitandukanye harimo no kugeza murandasi kuri benshi kandi yihuta.

Abakozi ba Airtel  benshi bitwa ‘Agents’ bagejejwe hirya no hino mu Rwanda kugira ngo bageze serivisi kuri benshi kandi zidahenze.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Aba ba agents kandi bagize uruhare mu gukwiza ahantu 71  uburyo bwo kubika no kubikuza amafaranga bwiswe Airtel Money Branches.

Mu bikorwa bya vuba aha uriya mugabo asize afashije kiriya kigo kugeraho ariko mu rwego rwo guteza imbere Abanyarwanda, ni ukubafasha kubona murandasi ihendutse kugira ngo ibafashe muri Gahunda ya Guma mu rugo na nyuma yayo, ni ukuvuga muri ibi bihe abakozi benshi basabwa gukorera mu rugo, bagacyenera murandasi yihuta.

Asize kandi kiriya kigo cyarabujije uburyo ikindi bahanganye muri serivisi z’itumanaho binyuze mu bukangurambaga Airtel yise Va Ku Giti Dore Umurongo.

Ubu bukangurambaga bwateje sakwe sakwe mu bakoresha serivisi z’itumanaho mu Rwanda, ariko ubuyobozi bwa Airtel bwo bwemeza ko ari ko bigenda mu ipiganwa kandi ko bidatandukiriye amategeko agenga ubucuruzi mu Rwanda.

Ubu buryo bwahaye abantu miliyoni eshanu uburyo bwo kubitsa no kubikuza amafaranga.

- Advertisement -
TAGGED:AirtelfeaturedItumanahoRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kugerageza Kwivura COVID-19 Bishobora Gusiga Ubundi Burwayi Mu Rwanda
Next Article Kagame Yagaragaje Ibintu Bitanu Byitezweho Impinduka Mu Buhinzi Bwa Afurika
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?